IMIKINO [1] | UBUZIMA [2] |
IMYIDAGADURO [0] |
ni kuri uyu wa gatatu taliki ya 17/04/2013, ubwo habaga umukino wahuje abana bato ba gihembe fc ndetse nabangenzi babo bo muri gicumbi fc. nkuko byagaragaye uyu mukino ukaba waranzwe aha nini nishyaka kumpande zombi , twabibutsa ko uyu mupira wabereye mu nkambi ya gihembe,gusa ukaza kurumbukamo ibitego bitaribike ya nkuko byagaragaye, gusa uyu mukino ujya gutangira ukaba wabanjye kugaragaza ko amakipe yombi aganya, gusa ikipe yabana ba gihembe bakaza kwiminjiramo agafu maze ikipe barayandagaza karahava. igice cyambere kikaba cyarangiye amakipe aganya igitego kimwe kuri kimwe, maze muce cya kabili ibitego birarumbuka maze gihembe itsinda ibitego bitanu kuri kimwe(5-1). twegereye uwungirije captain wi kipe y'inkambi AMANI CLAUDE maze atubwira ko,uretse ko batitabwaho gusa bagaragaza ejo habo heza ndetse no kuzamuka ryabo. gusa akaba yagaragaje ko usanga ahanini ntamuntu ucyita kumikino kandi burya aba ar
...
SOMA ibikurikira »
|
Nyuma yo
kwirukanwa kwa BAHATI Daniel wari usanzwe ari umuyobozi wa Hope school ibintu
biracyari urujijo ku muntu uzamusimbura dore ko atarajya ahagaraga kandi
bivugwa ko committee ya teranye ariko itaragira icyo itangariza abanyamuryango
ba FORUM kuwuzasimbura uwahoze ari umuyobozi wa Hope school. Ikindi
kirikuvugwa cyane nuko kandi amashuri haba mu Rwanda no mu nkambi amashuri
azatangira kuwa mbere taliki 21/04/2013 abana bakaba nta muyobozi barabona,twabibutsa
ko umuyobozi wa FORUM yari yatangaje ko nyuma yiyirukanwa ry’umuyobozi wa Hope
school hazahita hagaragazwa uza musimbura kuri uwo mwanya,kugeza magingo aya
akaba atarajya ahagaragara. Nyuma yibyibazwa n’abantu batari bake twagerageje kuvugana n’umuvugizi wa FORUM ku ... SOMA ibikurikira » |
Amakuru aturuka mu nkambi y’impunzi z’abanyekongo
bavuga ikinyarwanda iherereye mu karere ka Gicumbi intara y’amajyaruguru
aratangazo ko bishimiye gahunda leta y’URwanda yashyizeho ijyanye no
kubahindurira ibijyanye n’ibyo barya(ibiribwa) dore ko bari bamaze igihe kingana
n’imyaka cumi nine(14 ans) bafata ibiryo bigizwe n’impungure ahanini ,ndetse na
pate jaune rimwe na rimwe. ariko bakaba
bemeza ko ubungubu muri iri fata noneho babahinduriye ibyo kurya kandi izo mpunzi zikaba
zabyishimiye banashamira leta y’urwanda ndetse n’imiryango nterankunga yatumye
bahindurirwa ibyo kurya nkuko bisanzwe. |