IMIKINO [1] | UBUZIMA [2] |
IMYIDAGADURO [0] |
Hari hashize igihe kigera ku mezi abili (2MOIS) htagara gara uburyo bwo gukomeza amashuli mu nkampi ya gihembe gusa kuri uyu wakane nibwo ubuyobozi bwa HCR bwagaragarije impunzi undi mushinga uzakomeza wita kubijyanye n’amashuli ariwo ADRA/RWANDA dore ko JRS yari isanzwe ibikora yari yarasezeye. Kuko bitangazwa n’uhagarariye ADRA ptrice atangaza ko ubu imyiteguro ariyose kandi ko birihafi kurangira dore ko yatangaje ko amashuli azatangira kuri uyuwambere taliki ya 14/01/2013. Ko bazibanda ahanini kubikorwa JRS yakoraga , twabibutsa ko amashuli bazitaho ko ari amashuli abanza (primary school) ndetse na amasuli 3 yisumbuye( o level). Tumubajije imapvu ki batanze ibizamini kubarimu, yabitangaje muri aya magambo ",JRS ari JRS , naho ADRA ikaba ADRA bityo rero ntampamvu twari gukomezanya nabo, kandi baratse akazi JRS.”
Gusa twabamenyasha ko ubu habaye impinduka mubuyobozi bwabahagariye ayo mashuli aho kuri primary school ... SOMA ibikurikira » Attachments: Image 1 |
Nikuri uyu wa kabiri ubwo habaga inama yatangijwe n’indirimbo z’abahanzi bo mu nkambi ya Gihembe batangiye basusurutsa Abashyitsi nyuma yo gususurutsa abashyitsi ushinzwe protocol ariwe Emilienne umukozi wa A.R.C wag owe cyane no gusesenguraababyumva ururimi rw’ikinyarwanda Yahamagaye Minisitiri wungirije ushinzwe Ibizan’impunzi RWAHAMA guha ikaze abadepite aho yatangiye asobanurira abadepite amavu n’amavuko y’impunzi z’abakongamani ziri mu Rwanda aho yagize atiiz ... SOMA ibikurikira » |
Iki cyumweru dushoje cyaranzwe nimitsi mikuru itandukanye cyane cyane ihuza urubyiruko rw’abanyeshuri bishimira isoza ry’umwaka barangije. |
Iki cyumweru dushoje cyaranzwe nimitsi mikuru itandukanye cyane cyane ihuza urubyiruko rw’abanyeshuri bishimira isoza ry’umwaka barangije. Attachments: Image 1 |