Tuesday, 2024-05-14, 4:04 AM
Main Sign UpRSS
Welcome, Guest
ibirimo
Section categories
Our poll
urubyiruko rw'igihembe rwicwa niki?
Total of answers: 40
Statistics

Total online: 1
Guests: 1
Users: 0
Main » Entries archive
« 1 2 ... 4 5 6 7 8 ... 11 12 »
Views: 1295 | Added by: GIHEMBE | Date: 2013-04-10

Izi ni impunzi zaje zituruka mu nkampi ya nkamira, basanzwe bafite abavandimwe muri iyi nkambi ya gihembe,kandi ngo bakaba ngo bafite gahunda yo kohereza n’abandi bantu muzindi nkambi ,bitewe nukoinkambi ya nkamira itemerewe nkwakira abantu ngo baturemo ahubwo ni inkambi yagateganyo.

Ni kuri uyu wa kabili ubwo imodoka ya HCR yasesekaraga muri gare ya gihembe camp ahagana mu masaa saba nigice(13h30) nibwo iyo modoka yabagejeje muri iyi nkambi,

Bakaba bakiriwe n’uwungirije umuyobozi winkambi UMUTESI VICTOIRE,nkuko bitanganzwa nuyu wazakiriye akaba avuga ko baginzwe n’abagabo, abagore ndetse n’inkumi. Akaba akomeza avuga ko bazanywe no kugira ngo bakomeze babane n’imiryango yabo, ngo n’ubundi abazanywe suko bagiye gutsimba bundi bushyashya ,ahubwo nabasanzwe bahafite imiryango k’uburyo ari n’abo ubwabo babyisabiye.

Gusa bakaba bishimiwe cyane nizindi mpunzi zose muri rusange,twashatse k’umen ... SOMA ibikurikira »

Views: 672 | Added by: GIHEMBE | Date: 2013-04-10

Amakuru aturuka mu nkambi ya gihembe aho ituwe n’ihumbi cumin a bine biravugwa ko hari ikibazo cy’umwanda ukabije ikindi kandi ngo nuko izo mpunzi zo ubwazo ngo nizo zishyura aba kora isuku muriyo nkambi hakibazwa rero aho izompunzi zikura amafaranga kandi ari ugutegereza ibiryo zifata buri kwezi,bemeza ko bakura amafaranga kubiryo bafata kuko kuri buri muntu bavanaho ½  ahwanye n’amafaranga 300 FRWyo kwishyura abantu bakora isuku muriyo nkambi ya Gihembe ushiraho amafaranga y’umutekano 100FRW n’ amafaranga 100FRW yose hamwe akaba amafaranga 300 ukabona rero nibiryo bafata ugasanga hakunze kuboneka inzara cyane

Twashats ... SOMA ibikurikira »

Views: 873 | Added by: GIHEMBE | Date: 2013-04-03

Views: 620 | Added by: GIHEMBE | Date: 2013-04-02

Ubwo twamusangaga aho bita muri gale aho batangira ibiti byo kubaka umusarane  mu gitondo twahasanze uwahoze ari kondifa  uhagarariye abari n’abategarugori mu nkambi ya Gihembe )BAHATI Justine yashwanye cyane n’abashinzwe umutekano bitewe n’uko yibwe inkweto yaribuze kwambara  ku munsi w’isabato   izo nkweto zifite agaciro kibihumbi bitandatu (6000FRW) nyuma uwaje kuziba akaba yarafatanywe agakapu inkweto zarimo,basanze  yamaze kuzigurisha,umuntu utuye hanze y’inkambi muri centre ya Kageyo akaba yarazigurishijwe amafaranga Magana arindwi 700FRW uwaziguze akaba avuga ko agomba gusubizwa amafaranga ye kandi agahabwa n’inyungu,akaba yifuza 1500FRW yakomeje kugaragaza kandi ko inkweto ... SOMA ibikurikira »

Views: 585 | Added by: GIHEMBE | Date: 2013-04-01