Saturday, 2024-04-27, 5:34 AM
Main Sign UpRSS
Welcome, Guest
ibirimo
Section categories
Our poll
urubyiruko rw'igihembe rwicwa niki?
Total of answers: 40
Statistics

Total online: 1
Guests: 1
Users: 0
Main » 2013 » April » 1 » YASABYE KO IKIBAZO CY’UBUJURA CYA KWITABWAHO N’ABASHINZWE UMUTEKANO
5:10 PM
YASABYE KO IKIBAZO CY’UBUJURA CYA KWITABWAHO N’ABASHINZWE UMUTEKANO

Ubwo twamusangaga aho bita muri gale aho batangira ibiti byo kubaka umusarane  mu gitondo twahasanze uwahoze ari kondifa  uhagarariye abari n’abategarugori mu nkambi ya Gihembe )BAHATI Justine yashwanye cyane n’abashinzwe umutekano bitewe n’uko yibwe inkweto yaribuze kwambara  ku munsi w’isabato   izo nkweto zifite agaciro kibihumbi bitandatu (6000FRW) nyuma uwaje kuziba akaba yarafatanywe agakapu inkweto zarimo,basanze  yamaze kuzigurisha,umuntu utuye hanze y’inkambi muri centre ya Kageyo akaba yarazigurishijwe amafaranga Magana arindwi 700FRW uwaziguze akaba avuga ko agomba gusubizwa amafaranga ye kandi agahabwa n’inyungu,akaba yifuza 1500FRW yakomeje kugaragaza kandi ko inkweto zose zisa umujura nyiri ubwite akaba yivugira ko we arizo yamugurishe byaje kujya munzego z’umutekano asaba ko bamufasha  inkweto ze zikagaruka akaba avuga ko yiteguye kubasubiza ayo zaguzwe ariko akabona inkweto ze.nyuma ushinzwe umutekano uzwi ku izina rya JAFETE yaje kuhagera ajya kumvikana nuwo waziguze ubwo yahageraga bakajya kumvikana n’ushinzwe umutekano muri ako kagali uwo mukobwa atuyemo,

Gihembe morning yahamagaye uwibwe inkweto bamubaza uko abona icyo kibazo asobanura ko atiteguye kubona izo nkweto bikaba bigaragara ko uwaziguze atiteguye kuzitanga batamuhaye amafaranga ye yose n’andi yindishyi. Ubwo ushinzwe umutekano mu nkambi yahamagaye umuyobozi w’akagali ntiyabasha gufata phone, Tuzakomeza tubakurikiranire ibyiyi nkuru.

Views: 582 | Added by: GIHEMBE | Rating: 0.0/0