Tuesday, 2024-03-19, 7:11 AM
Main Sign UpRSS
Welcome, Guest
ibirimo
Section categories
Our poll
urubyiruko rw'igihembe rwicwa niki?
Total of answers: 40
Statistics

Total online: 1
Guests: 1
Users: 0
Main » UBUZIMA

"Biteye agahinda, abaganga bageze aho barambirwa umurwayi”

Murekatete Zawadi, ni umukobw uri mu kigero cy’imyaka makumyabiri, abarizwa mu nkambi y’impunzi z’abanyekongo ya Gihembe iherereye mu karere ka Gicumbi, intara y’amajyaruguru.

Uyu mukobwa mu ntangiro z’umwaka washyize wa 2012, yahuye n’ikibazo cy’uburwayi bukabije aho yaje kujyanwa no mu bitaro bya kaminuza by’I Kigali (CHUK) nyuma yo kumubaga bakaba baram ... SOMA ibikurikira »

Category: UBUZIMA | Views: 874 | Added by: GIHEMBE | Date: 2013-01-23

ibitaro bya gihembe camp
Ibi n’ibitangazwa nabamwe bahoze bakorera umushinga ARC muri MINISANTE bakora akazi kubunimateur,byatangiye bapfa amafaranga yari yatanzwe na MINISANTE nyuma brayahezwa nkuko bakomeza babitangaza .
Ibyo byatumye twegera umukozi wari ubashinzwe( yanze ko dutangaza izina rye) maze atubwira ko baba baratangaje ko batirukanye ahubwo habayeho kubura amafaranga yo kubahemba . gusa igiteye inkeke n’uko birukanye,hashira icyumweru bakagarura bake mubirukanywe, ibyo bishatse kuvuga ko haba hagaragaramo ikimenyane, cyagwa koko kwikizabamwe , mubashatse gukurikirana amafaranga ya MINISANTE bari bemerewe. Dore ko mubantu hafi 25 baba animateur birukanywe haguruwemo 13 , naho mubabyaza hirukanywe14 hagaruwe mu kazi 6 gusa.
Kuruhande rwabirukanywe ntibabivugaho kimwe,abatarabonetse muri urwo rutonde batangaza ko impamvu batagaruwe mu kazi ,aruko bigeze kuburana amafaranga bahawe na MINISANTE none ... SOMA ibikurikira »
Category: UBUZIMA | Views: 738 | Added by: GIHEMBE | Date: 2013-01-11