Friday, 2024-04-19, 3:44 AM
Main Sign UpRSS
Welcome, Guest
ibirimo
Section categories
Our poll
urubyiruko rw'igihembe rwicwa niki?
Total of answers: 40
Statistics

Total online: 1
Guests: 1
Users: 0
Main » 2013 » April » 01

Ubwo twamusangaga aho bita muri gale aho batangira ibiti byo kubaka umusarane  mu gitondo twahasanze uwahoze ari kondifa  uhagarariye abari n’abategarugori mu nkambi ya Gihembe )BAHATI Justine yashwanye cyane n’abashinzwe umutekano bitewe n’uko yibwe inkweto yaribuze kwambara  ku munsi w’isabato   izo nkweto zifite agaciro kibihumbi bitandatu (6000FRW) nyuma uwaje kuziba akaba yarafatanywe agakapu inkweto zarimo,basanze  yamaze kuzigurisha,umuntu utuye hanze y’inkambi muri centre ya Kageyo akaba yarazigurishijwe amafaranga Magana arindwi 700FRW uwaziguze akaba avuga ko agomba gusubizwa amafaranga ye kandi agahabwa n’inyungu,akaba yifuza 1500FRW yakomeje kugaragaza kandi ko inkweto ... SOMA ibikurikira »

Views: 580 | Added by: GIHEMBE | Date: 2013-04-01