Ubwo
twamusangaga aho bita muri gale aho batangira ibiti byo kubaka umusarane mu gitondo twahasanze uwahoze ari kondifa uhagarariye abari n’abategarugori mu nkambi
ya Gihembe )BAHATI Justine yashwanye cyane n’abashinzwe umutekano bitewe n’uko
yibwe inkweto yaribuze kwambara ku munsi
w’isabato izo nkweto zifite agaciro
kibihumbi bitandatu (6000FRW) nyuma uwaje kuziba akaba yarafatanywe agakapu
inkweto zarimo,basanze yamaze
kuzigurisha,umuntu utuye hanze y’inkambi muri centre ya Kageyo akaba
yarazigurishijwe amafaranga Magana arindwi 700FRW uwaziguze akaba avuga ko
agomba gusubizwa amafaranga ye kandi agahabwa n’inyungu,akaba yifuza 1500FRW
yakomeje kugaragaza kandi ko inkweto
...
SOMA ibikurikira »