Thursday, 2024-03-28, 8:04 PM
Main Sign UpRSS
Welcome, Guest
ibirimo
Section categories
Our poll
urubyiruko rw'igihembe rwicwa niki?
Total of answers: 40
Statistics

Total online: 1
Guests: 1
Users: 0
Main » 2013 » April » 10 » BIRANGIYE BAHATI YIRUKANNYWE
12:36 PM
BIRANGIYE BAHATI YIRUKANNYWE

Kuko bi byutse muri ikigitondo bihwihwisa nabantu bose cyane cyane abasanzwe bagera cyangwa bashaka kumenya ibijyanye nimyingire yabana babo muri hope school .

Ubu ntakindi kivugwa ni iyirukanywa ry’umuyobozi wa hope school , ni nyuma yibyagiye bimubaho cyane cyane ashaka kwirukanywa gusa ntibibe ,uyu munsi rero nibwo hemejwe ko BAHATI MANITEZI atakiri umuyobozi wa hope school(directeur).

Ibi ngo ni byatangajwe n’abayobozi bakuru ba forum ko bamwirukanye, gusa ngo akaba agomba gukomeza kuba umunyamuryango, ndetse nizindi nshingano yarafite akazikomezanya, gusa  kugeza magingo aya akaba ntakintu kiragaragara nk’impamvu yaba ariyo mbarutso yo kwirukanywa k’uyu musore.twababwira ko ubu Atari bwo bwambere uyu musore asa naho yavuye kukazi gusa bakongera kumugarura, nko mu matariki ya 19/01/2013, ubwe yanditse message kuri telephone ye ko atakiri umuyobozi wa hope school, gusa byaje guhakanywa n’ubuyobozi bwa forum.

Bityo abantu bakaba bibazo nimbi koko icyari cyimuteye kwegura icyo gihe ari cyo nanubu cyatumwe yirukanywa.twashatse kumenya byimbitse yo icyabiteye ndetse no kumenya nimbi koko yirukanywe maze twegera nyirubwite atubwira muri aya magambo<< yego nirukanywe, ubu sinkiri umuyobozi  wa hope school gusa ndi umunyamuryango wa forum, ikindi nuko ibyo gukora ari byinci cyane k’uburyo kuba umuyobozi wa hope aribyo naba nararemewe, mfite dipolome yanjye, kandi n’ubwenge ndabu fite.>> tumu bajije icyaba cyateye kwirukanywa kwe, akomeza atubwira ko kugeza ubu ntakintu yabivugaho.

Twegereye umuvugizi wa forum  kugira ngo atwemereze ibyiyo nkuru maze nawe ayemeza adashindikanya ko BAHATI yirukanywe gusa avuga ko ntakindi yarenzaho kuko ari busy cyane, kandi ko bafashe umwanzuro wo kutazongera gutanga inkuru yandikwa,twashatse no kuvugana n’umuyobozi wa forum, gusa ntabashije gufata telephone ye igendanwa.

Gusa ,kugeza ubu ikigo cyiyobowe na annimatrice,gusa mu bantu twavuganye bakaba ngo bakeka ko uwaba agiye gusimbura BAHATI ari umuhungu witwa LENI uyu akaba ari nawe w’ungirije perezida wa forum abandi nabo bakaba bavuga ko yaba ari politike FORUM ishaka gukina abantu kugira ngo igarure BODUIN gusa ibi byose ni bivugwa n’abantu  tukaba tugikomeje gukurikirana ibyi kibazo.

NDAZIRAMIYE BROWN.

Views: 1291 | Added by: GIHEMBE | Rating: 0.0/0