Saturday, 2024-04-20, 5:57 AM
Main Sign UpRSS
Welcome, Guest
ibirimo
Section categories
Our poll
urubyiruko rw'igihembe rwicwa niki?
Total of answers: 40
Statistics

Total online: 1
Guests: 1
Users: 0
Main » Entries archive
« 1 2 ... 9 10 11 12 »

Kuri itariki ya 22/01/2013  mu nkambi ya gihembe ni bwo hateraniye inama yari irimo abayobozi bakuru nk’uhagarariye police witwa sl HABIMANA  Alphonse hari n’uhagarariye MIDIMAR mu nkampi ya gihembe ariwe SHYAKAGABO MARK,na commite nyobozi yinkambi ndetse nabahagariye amakaritiye.

IYI NAMA YATANGIJWE N’uhagarariye midimar  agaragaza abantu bitabiriye iyo nama, gusa hakurikiyeho uhagariye police, agaragaza bimwe mu bibazo bitera umutekano muke, cyane ko aribo babyitera”bitewe n’ibiyobyabwenge  bitadukanye bamwe muri izo mpunzi zicuruza nka kanyanga urumogi,…rumwe mu  murubyiruko ruturiye iyi kambi ru rabinywa noneho rugateza umutekano muke.”yakomeje  avuga ko ari muri urwo rwego bagiye gushira ‘COMMITTEE POLICING’ izaba ikorera aha munkambi aho izajya ikorana byihuse na coomite policing yo hanze,yavuze ko kandi abazaba bayigize baza turuka mu makaritiye bagomba kuzava mu midugudu uko igize inkampi umudugudu uka ... SOMA ibikurikira »

Views: 845 | Added by: GIHEMBE | Date: 2013-01-24

"Biteye agahinda, abaganga bageze aho barambirwa umurwayi”

Murekatete Zawadi, ni umukobw uri mu kigero cy’imyaka makumyabiri, abarizwa mu nkambi y’impunzi z’abanyekongo ya Gihembe iherereye mu karere ka Gicumbi, intara y’amajyaruguru.

Uyu mukobwa mu ntangiro z’umwaka washyize wa 2012, yahuye n’ikibazo cy’uburwayi bukabije aho yaje kujyanwa no mu bitaro bya kaminuza by’I Kigali (CHUK) nyuma yo kumubaga bakaba baram ... SOMA ibikurikira »

Category: UBUZIMA | Views: 876 | Added by: GIHEMBE | Date: 2013-01-23

bureau ya hope school

Iyi bomboribombori iraterwa ahanini ni garuka rya NTABARESHA BODUIN nyuma yaho  agarukiye muri iki kigo, kandi yarasezeye kumugaragaro.bityo hakaba hibazwa uzayobora hagati ye na BAHATI DANIEL  warusanzwe ari umuyobozi.

HOPE SCHOOL nikigo  cyamashuli yisumbuye (guhera mu wa kane mukuru kugeza mu wagatandatu wisumbuye)  cy’impunzi  zo mu nkampi ya gihembe  icyo kigo cyatangijwe ni huriro ry’urubyiruko ryigaga mu mashuli makuru ndetse naza kaminuza rwibumbiye mu tsinda bita FORUM  . bombori bombori mu miyoborere y’iki kigo  cya hope shool ,zimaze gutera urujijo abantu benshi  ,ubwo cyatangiraga ; twabamenyesha ko uwari umuyobozi wacyo icyo gihe yari uwitwa NTABARESHA BODUIN  aha hari mu mwaka wa 2009. gusa nyuma y’umwaka umwe uyu mu directeur  BODUIN  yabonye amahirwe yo gukomeza amashul ... SOMA ibikurikira »

Views: 43560 | Added by: GIHEMBE | Date: 2013-01-16

Views: 943 | Added by: GIHEMBE | Date: 2013-01-15

ibitaro bya gihembe camp
Ibi n’ibitangazwa nabamwe bahoze bakorera umushinga ARC muri MINISANTE bakora akazi kubunimateur,byatangiye bapfa amafaranga yari yatanzwe na MINISANTE nyuma brayahezwa nkuko bakomeza babitangaza .
Ibyo byatumye twegera umukozi wari ubashinzwe( yanze ko dutangaza izina rye) maze atubwira ko baba baratangaje ko batirukanye ahubwo habayeho kubura amafaranga yo kubahemba . gusa igiteye inkeke n’uko birukanye,hashira icyumweru bakagarura bake mubirukanywe, ibyo bishatse kuvuga ko haba hagaragaramo ikimenyane, cyagwa koko kwikizabamwe , mubashatse gukurikirana amafaranga ya MINISANTE bari bemerewe. Dore ko mubantu hafi 25 baba animateur birukanywe haguruwemo 13 , naho mubabyaza hirukanywe14 hagaruwe mu kazi 6 gusa.
Kuruhande rwabirukanywe ntibabivugaho kimwe,abatarabonetse muri urwo rutonde batangaza ko impamvu batagaruwe mu kazi ,aruko bigeze kuburana amafaranga bahawe na MINISANTE none ... SOMA ibikurikira »
Category: UBUZIMA | Views: 743 | Added by: GIHEMBE | Date: 2013-01-11