IMIKINO [1] | UBUZIMA [2] |
IMYIDAGADURO [0] |
Kuri itariki ya 22/01/2013 mu nkambi ya gihembe ni bwo hateraniye inama yari irimo abayobozi bakuru nk’uhagarariye police witwa sl HABIMANA Alphonse hari n’uhagarariye MIDIMAR mu nkampi ya gihembe ariwe SHYAKAGABO MARK,na commite nyobozi yinkambi ndetse nabahagariye amakaritiye. IYI NAMA YATANGIJWE N’uhagarariye midimar agaragaza abantu bitabiriye iyo nama, gusa hakurikiyeho uhagariye police, agaragaza bimwe mu bibazo bitera umutekano muke, cyane ko aribo babyitera”bitewe n’ibiyobyabwenge bitadukanye bamwe muri izo mpunzi zicuruza nka kanyanga urumogi,…rumwe mu murubyiruko ruturiye iyi kambi ru rabinywa noneho rugateza umutekano muke.”yakomeje avuga ko ari muri urwo rwego bagiye gushira ‘COMMITTEE POLICING’ izaba ikorera aha munkambi aho izajya ikorana byihuse na coomite policing yo hanze,yavuze ko kandi abazaba bayigize baza turuka mu makaritiye bagomba kuzava mu midugudu uko igize inkampi umudugudu uka ... SOMA ibikurikira » |
"Biteye agahinda, abaganga
bageze aho barambirwa umurwayi” Murekatete
Zawadi, ni umukobw uri mu kigero cy’imyaka makumyabiri, abarizwa mu nkambi
y’impunzi z’abanyekongo ya Gihembe iherereye mu karere ka Gicumbi, intara
y’amajyaruguru. Uyu mukobwa mu ntangiro z’umwaka washyize wa 2012, yahuye n’ikibazo cy’uburwayi bukabije aho yaje kujyanwa no mu bitaro bya kaminuza by’I Kigali (CHUK) nyuma yo kumubaga bakaba baram ... SOMA ibikurikira » |
Iyi bomboribombori iraterwa ahanini ni garuka rya NTABARESHA BODUIN nyuma yaho agarukiye muri iki kigo, kandi yarasezeye kumugaragaro.bityo hakaba hibazwa uzayobora hagati ye na BAHATI DANIEL warusanzwe ari umuyobozi. HOPE SCHOOL nikigo cyamashuli yisumbuye (guhera mu wa kane mukuru kugeza mu wagatandatu wisumbuye) cy’impunzi zo mu nkampi ya gihembe icyo kigo cyatangijwe ni huriro ry’urubyiruko ryigaga mu mashuli makuru ndetse naza kaminuza rwibumbiye mu tsinda bita FORUM . bombori bombori mu miyoborere y’iki kigo cya hope shool ,zimaze gutera urujijo abantu benshi ,ubwo cyatangiraga ; twabamenyesha ko uwari umuyobozi wacyo icyo gihe yari uwitwa NTABARESHA BODUIN aha hari mu mwaka wa 2009. gusa nyuma y’umwaka umwe uyu mu directeur BODUIN yabonye amahirwe yo gukomeza amashul ... SOMA ibikurikira » |
Ibyo byatumye twegera umukozi wari ubashinzwe( yanze ko dutangaza izina rye) maze atubwira ko baba baratangaje ko batirukanye ahubwo habayeho kubura amafaranga yo kubahemba . gusa igiteye inkeke n’uko birukanye,hashira icyumweru bakagarura bake mubirukanywe, ibyo bishatse kuvuga ko haba hagaragaramo ikimenyane, cyagwa koko kwikizabamwe , mubashatse gukurikirana amafaranga ya MINISANTE bari bemerewe. Dore ko mubantu hafi 25 baba animateur birukanywe haguruwemo 13 , naho mubabyaza hirukanywe14 hagaruwe mu kazi 6 gusa. Kuruhande rwabirukanywe ntibabivugaho kimwe,abatarabonetse muri urwo rutonde batangaza ko impamvu batagaruwe mu kazi ,aruko bigeze kuburana amafaranga bahawe na MINISANTE none ... SOMA ibikurikira » |