Friday, 2024-04-19, 7:31 AM
Main Sign UpRSS
Welcome, Guest
ibirimo
Section categories
Our poll
urubyiruko rw'igihembe rwicwa niki?
Total of answers: 40
Statistics

Total online: 1
Guests: 1
Users: 0
Main » Entries archive
« 1 2 3 4 ... 11 12 »

Ngo haba hateye ubujura budasanzwe mu nkambi y’impunzi z’abanyekongo ziri mu Karera ka Gicumbi Mu murenge wa Kageyo.

Mu nkambi ya Gihembe Umurenge wa Kageyo hari kuvugwa ikibazo cy’ubujura budasanzwe muriyo nkambi dore ko ubwo bujura bukorwa mu masaha y’ijoro guhera mu saa 11h00’’ y’ijoro ndetse na saa 12h00’’ z’ijoro ubwo bujura ngo bwaba bufite amasinye yihariye. Ubwo bujura buri gukorwa n’abantu bari kurira hejuru y’inzu nuko bagakeba shitting bakaza ubundi bakiba cyane amatelefone ndetse n’imyenda ikiri gutangazwa rero ngo nuko ntabantu baramenyekana cg ngo bafatwe cyangwa ngo bagaragar ko bihishe inyuma y’ubwo bujura. Ikindi gikomeje kuvugwa n’abaturage ngo nuko baba bakeka ko ubwo bujura bwaba bukoreshwa n’imiti cg ibyo bita amarozi kandi bakomeza batangaza ko ubwo bujura bukorwa n’abantu baziranye cyane kandi bameze nka gatsiko bazana bagasinziriza umuntu; bamwe twaganiriye nabo badutangarije ko icyo gikorwa cy’ubujura.

cyaba kidasanzwe kandi nabo bakeme ... SOMA ibikurikira »

Views: 1297 | Added by: GIHEMBE | Date: 2013-07-18

nkuko bitanganzwa nazimwe mu mpunzi za gihembe ngo abatarangize amahirwe yo kubarurwa baba bagiye kubarurwa.
ni nyuma yuko kuri uyu wa gatanu hashinzweho liste y’abantu bagomba gutangira kubarurwa kuri uyu wambere, gusa hakaba hatangiriwe kubantu bake ngo batagize amahirwe yo kurangiza ibarura igihe ryakorwaga.
gusa hakaba havugwa ko nyuma yo kubarura aba bantu hashobora kuzakurikiraho abandi bose batabonye ayo mahirwe, gusa bikaba bigaragara ko abantu bakeneye kwibaruza kuko hcr yahagurukiye abantu bose batibruje, doreko abenshi usanga ari abanyeshuli batari bahari igihe habagaho ibarura rusange ryakoreye impunzi zose, ikindi nuko babarura gusa umuntu uboneka muri computer za hcr,nukuvuga abantu nibura bari basanzwe ari impunzi mbere y’uko bakora ibarura, cyangwa abantu bagarukirije hagati(ritije).
gusa byari ikibazo kubantu batari babaruwe kubera ko wasangaga kugira icyo babona ari ikibazo , aha twavuga nko kwivuza,kubona ibyo kurya ndetse n’i ... SOMA ibikurikira »
Views: 846 | Added by: GIHEMBE | Date: 2013-06-10

Babeshyewe ko bibye imifuka 381, gusa birangira bagizwe abere.

Amakuru aturuka muri ADRA aravuga ko abakozi ba ADRA ba bazamu basaba ko barenganurwa kuko babeshyewe  ko ngo bibye ifu y’igikoma taliki 22/05/2013 bihwanye nimifuka 381 bakimara ku bakeka ko bibye;  bashyikirijwe inzego za police bagafungwa  guhera kuri uwo munsi  mu saa cyenda 15h00 bafungurwa taliki 23/05/2013.

 Ni nyuma yuko  bashinjwa  ga ko bibye  imifuka 381  nyuma yaho ADRA yagarutse kuri Police bavuga ko bibwe imifuka ya sosoma ariko batagaraza uwab ... SOMA ibikurikira »

Views: 2296 | Added by: GIHEMBE | Date: 2013-05-31

Views: 1768 | Added by: GIHEMBE | Date: 2013-05-24

Ni kuri uyu mugoroba taliki ya 23/05/2013 habura amasaha make ngo cyagikorwa ngaruka mwaka cyo kwibuka abacu bazize uko baremwe.

NDAHIRIWE Innocent umuyobozi ushinzwe icyunamo mu nkambi ya gihembe yatangije inama yanyuma itegura icyunamo, nubwo wasangaga ititabiriwe cyane nkuko byari byitezwe  ntibyabujijwe  kugerwaho. kwa gahunda yari  yateganijwe cyane nko kureberahamwe ku kunoza neza kubantu bagiye bahabwa inshingano zo kuri uwo muns,i ko bamaze kwisuganya bategura umunsi wejo ndetse n’ijoro ryo kwibuka.

 hano impande zose ngo kuruyu mugoroba ziraba zihari cyane ko noneho bizabera mu makaritiye muri irijoro ryo kuwa 24/05/2013 rishyira  25/05/2013 hakaza komeza gahunda nkuko bisanzwe.

 gihembemorning ikaba yibutsa abanyagihembe bose ndetse nabandi bakeneye kwifatanya nayo ko gahunda iri butangire kumugoroba akaba ariyo mpamvu iki gikorwa tugomba kucyitabi ... SOMA ibikurikira »

Views: 2522 | Added by: GIHEMBE | Date: 2013-05-24