IMIKINO [1] | UBUZIMA [2] |
IMYIDAGADURO [0] |
Nkuko bisanzwe bimenyerewe ,aha mu nkambi ya gihembe
hari imishinga myinci, ifasha ndetse ikanunganira umurya mpuzamahanga mu
gufasha izimpunzi zabakongomani batuye cyangwa bahungiye mu rwanda. Uyu mushinga uje wiyongera kuri ADRA nayo yaje muri
uyu mwaka ,gusa uyu mushinga ngo ukazafasha ahanini urubyiruko rwacikirishije
amashuli hagati, gusa ngo bakazibanda ku gitsina kobwa, ngo kuko nibo
bagaragaje ibibazo byinci cyane hano muri iyi nkambi. Ni muri urwo rwego kuri uyu wakane hatanzwe liste zambere zabakobw ... SOMA ibikurikira » |
Hari hashize igihe kitari gito hubatswe ibikoni hafi y’amashuri abanza ndetse na yisumbuye n’icyiciro rusange, hano mu nkambi ya Gihembe aho buri muntu wese yibazaga ibyibyo bikoni bikamuyobera amakuru ahari ari kugenda avugwa na benshi ngo nuko bagiye gushyuriraho abana gahunda yo kujya babatekera igikoma aho mu nkambi ya Gihembe . ... SOMA ibikurikira » |
Nyuma yuko ku taliki ya 23/04/2013 mu cyumba cyinama yahije HCR,PAM,MIDIMAR n’impunzi muri rusange, iyi nama ngo yari ukureba ibibazo muri rusange impunzi zo muri iyi nkambi zaba zifite. Nkuko byatangiye bigaragazwa nuhagarariye izi mpunzi akabayaratangiye amenyesha ababayobozi(twavuze haruguru) ko mu byukuri ikibazo cy’itagwa ry’ibiribwa gihangayikishije abantu benshi yemwe akaba yaravuze ko gishobora kuba itandaro yo gutera impunzi inzara, ikindi cyakomeje kugaragara muri iyinkambi ngo nikibazo cy’imisarane idakonzwe neza yemwe hakaba hasigaye imisarane mike itaruzuye kuko tayindi irubakwa bityo bikaba bihangayikishije iyi nkambi kuburyo babona hashobora kuzaduka indwara zitewe ... SOMA ibikurikira » |
Undi yateruye agira ati ”ibi ntabwo byigeze bibaho nanjye ndi uwo muri quartier ya kabiri ariko rwose njye narinsanzwe menyereye ko ku munsi wa mbere ngo ... SOMA ibikurikira » |