Sunday, 2024-04-28, 8:29 PM
Main Sign UpRSS
Welcome, Guest
ibirimo
Section categories
Our poll
urubyiruko rw'igihembe rwicwa niki?
Total of answers: 40
Statistics

Total online: 1
Guests: 1
Users: 0
Main » Entries archive
« 1 2 3 4 5 6 ... 11 12 »

Nkuko bisanzwe bimenyerewe ,aha mu nkambi ya gihembe hari imishinga myinci, ifasha ndetse ikanunganira umurya mpuzamahanga mu gufasha izimpunzi zabakongomani batuye cyangwa bahungiye mu rwanda.

Uyu mushinga uje wiyongera kuri ADRA nayo yaje muri uyu mwaka ,gusa uyu mushinga ngo ukazafasha ahanini urubyiruko rwacikirishije amashuli hagati, gusa ngo bakazibanda ku gitsina kobwa, ngo kuko nibo bagaragaje ibibazo byinci cyane hano muri iyi nkambi.

Ni muri urwo rwego kuri uyu wakane hatanzwe liste zambere zabakobw ... SOMA ibikurikira »

Views: 612 | Added by: GIHEMBE | Date: 2013-05-03

Hari hashize igihe kitari gito hubatswe ibikoni hafi y’amashuri  abanza ndetse na  yisumbuye  n’icyiciro rusange, hano mu nkambi ya Gihembe aho buri muntu wese yibazaga ibyibyo bikoni bikamuyobera amakuru ahari ari kugenda avugwa na benshi  ngo nuko bagiye gushyuriraho abana gahunda yo kujya babatekera igikoma aho mu nkambi ya Gihembe .

... SOMA ibikurikira »
Views: 962 | Added by: GIHEMBE | Date: 2013-04-30

Nyuma yuko ku taliki ya 23/04/2013 mu cyumba cyinama yahije HCR,PAM,MIDIMAR n’impunzi muri rusange, iyi nama ngo yari ukureba ibibazo muri rusange impunzi zo muri iyi nkambi zaba zifite.

Nkuko byatangiye bigaragazwa nuhagarariye izi mpunzi akabayaratangiye amenyesha ababayobozi(twavuze haruguru) ko mu byukuri ikibazo cy’itagwa ry’ibiribwa gihangayikishije abantu benshi yemwe akaba yaravuze ko gishobora kuba itandaro yo gutera impunzi inzara, ikindi cyakomeje kugaragara muri iyinkambi ngo nikibazo cy’imisarane idakonzwe neza yemwe hakaba hasigaye imisarane mike itaruzuye kuko tayindi irubakwa bityo bikaba bihangayikishije iyi nkambi kuburyo babona hashobora kuzaduka indwara zitewe ... SOMA ibikurikira »

Views: 919 | Added by: GIHEMBE | Date: 2013-04-26


Ni kuri uyu wa gatatu kuwa 24/04/2013 aho GIHEMBE MORNING yegereye bamwe mubari kuri depot bategereje kubona ibyo kurya byabo bahabwa na HCR buri kwezi. Nibwo GIHEMBE MORNING yabegereye itangira kubabaza kubijyanye n’itangwa ry’ibiryo dore ko  aricyo kibazo gihangayikishije impunzi za GIHEMBE. Umwe mubo GIHEMBE MORNING yabajije yatangiye agira ati ”dore nkubu ndi muri quartier ya mbere ariko sindafata nta n’icyizere cy’uko uyu munsi  mbibona kuko namwe murabona ko akavuyo arikose”.

Undi yateruye agira ati ”ibi ntabwo byigeze bibaho nanjye ndi uwo muri quartier ya kabiri ariko rwose njye narinsanzwe menyereye ko ku munsi wa mbere ngo ... SOMA ibikurikira »

Views: 674 | Added by: GIHEMBE | Date: 2013-04-24

Views: 716 | Added by: GIHEMBE | Date: 2013-04-19