IMIKINO [1] | UBUZIMA [2] |
IMYIDAGADURO [0] |
Mu gihe abarimu bo mu nkambi ya gihembe bamaze igihe batarabona agahimbaza musyi bari basanzwe babona nkuko twagiye tubibagezaho mu nkuru zacu zanyuzeho. Kuri uyu wa 21.05.2013 aho abarimu bigisha mu mashuli abanza babonye abayobozi babatumaho ngo babahereze agahimbaza musyi gusa nkuko bari babyiteze siko byagenze kuko bari bizeye ko bazahabwa amafaranga y’amezi abiri aya mata,gicurasi gusa siko byagenze byavuzwe ko baribuhabwe agahimbaza musyi ku kwezi kumwe ariko kangana na 25.000FRW Abarimu ntibyabanyuze bafashe umwanzuro wo gusohoka batayabonye kandi bari baramenyeshejwe ko bazahabwa ibihembwe bibiri bakaba bakomeza gutangaza ko nibadahabwa amafaranga yabo bazahagarika kwigisha abana gusa ubuyobozi bwo ntibwitaye kuriyo baruwa bwa ndikiwe n’abarimu cyane ko banditse banasaba agahimbaza musyi k’amezi 2 twageregaje kuvugana n’umuyobozi w’abarimu ariko ntitwamubona ku murongo wa telephone nanone&nbs ... SOMA ibikurikira » |
Ni kuri uyu
wakabili taliki ya 26/05/2013, aho
abalimu bo munkambi ya gihembe bigisha muri primaire ndetse na ba
secondaire bari bategereje umushahara wabo bategereje hafi amezi abili. Bakaba bibaza
nimba ADRA yibaza ko bakorera ubuntu bikabayobera, uyu munsi rero binyaye mu
isunzu bazana ukwezi kumwe, ngo andi bazayabona mukwezi gukurikiraho. Gusa muri contrat
bafitanye akaba aruko bagomba guhebwa ukwezi kurangiye, none batinze guhembe
birinda aho bifata ukundi kwezi, none
ngo bazanye ayu kwezi kumwe, bivuze ko contrat yaba yarahindutse guhebwa amezi
abili ? » ibyo ni ibitangazwa n’abarimu. Uhagarariye amashuli
muri ADRA Aimable, kuri telephone akaba yirinze kugira icyo atangariza Gihembe
morning. |
Igihembe
biga amashuliyabo ndetse arinako bisomera kugikoma. Ibibibayenyumay’ukoumushingawa ADRA
usanzwewitakumyingire mu nkambiyagihembe,ndetseinafatanyijena PAM
,bageneyeabanabigamuriiyinkambiigikoma. Gusakuriuyuwagatatugihembe morning yigereyeahasanzwehatuganyirizwa
I cyogikoma ,dorekoarihaficyaney’amashuli , |
Perezida wa Sena ya Congo Kinshasa Léon Kengo Wa Dondo yasezeranyije impunzi z’Abanyekongo ziri mu nkambi mu Rwanda ko bazaba batashye mu gihugu cyabo bagasubirana ibyabo mu gihe cya vuba. Kengo Wa Dondo na bamwe mu basenateri bo muri Congo bagiriye uruzinduko mu nkambi ya Gihembe ituwe n’impunzi z’Abanyekongo mu karere ka Gicumbi kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 7 Gicurasi 2013. Izi ntumwa zo muri Congo zari ziherekejwe na Perezida wa Sena y’u Rwanda Dr. Ntawukuriryayo Jean Damascene. |