Friday, 2024-03-29, 9:36 AM
Main Sign UpRSS
Welcome, Guest
ibirimo
Section categories
Our poll
urubyiruko rw'igihembe rwicwa niki?
Total of answers: 40
Statistics

Total online: 1
Guests: 1
Users: 0
Main » 2013 » April » 19 » UMUYOBOZI MUSHYA WA HOPE SCHOOL NGO YATANGARIJWE ABO BIREBA!.
12:47 PM
UMUYOBOZI MUSHYA WA HOPE SCHOOL NGO YATANGARIJWE ABO BIREBA!.

Amakuru dukesha abanyamuryangoba forum kandi bafite ubudahangarwa mu gufata ibyemezo baremeza ko Directeur ( umuyobozi) wa forum yamaze kwemezwa na kanama gafata imyanzuro ikomeye ntavuguruzwa,  kemeje ko MUHIRE AUGUSTIN ariwe ugomba kuba umuyobozi wa hope school. Uyu musore arangije mu MUTARA POLYTECHNIQUE, ahangaha abantu benshi bibajije impamvu uyu mu directeur mushya yatowe cyangwa yemejwe,kandi bose batarabimenyeshwa.

 bamwe mu banyamuryango ba forum bakaba bemeza ko uyu musore azafasha ahanini mukuzamura icungamutungo kuko aribyo yigiye muri kaminuza. Abandi nabo baribaza uko bizagenda mu bijyanye na education, hano twashatse kumenya byinchi maze tubaza umuvugizi wa forum NZABARINDA Benjamin MAZE ATUBWIRA KO ntakintu nakimwe yatubwira kuko ngo hari ibyo tugomba kuzamanza kumvikana bityo bakazajya babona kuduha amakuru .

twashatse kumenya icyo president wa forum abivugaho maze atubwira muri aya magambo<<directeur yatangarijwe abakagobye kubimenya>>,gusa tukibaza ni bande?.

Uyu mu directeur mushya akaba asimbuye BAHATI Dniel,wari iminsi mike yirukanywe, gusa mu rwandiko bamwandikiye bakaba bamurega amakosa menshi ngo gusa ibyo bamurenga ngo ni itonesha ry’umunyeshuli yarabereye umuyobozi, ikindi ngo cyaha baba bamurega ngo ni recrutement ya 2013 yaba yarakoze nabi ndetse ngo akaba yarashizemo amaranga mutima, kuko ibimenyetso bihari kuko nyuma yo kwirukanwa hahise hasoka urutonde rwabanyeshuli bakekwako baba barinjijwe mu kigo batujuje ibyangobwa,bakaba bagera ku 9 nkuko bigaragara kurutonde natwe dufite.

Gusa hakaba hibazwa nimbi koko uyu BAHATI Daniel yarakoze amakosa nimbi koko atazabiryonzwa,bityo bikaba bikiri ibanga kubyaba bigiye gukurikiraho, gusa twegereye umwe muri ababanyeshuli bashinzwe kuri ururutonde twavuze haruguru maze atubwira koyinjijwe mu kigo kubufatanye na president wa forum hamwe n’umuyobozi wikigo bashingiye ku ndangamanota yari afite, bityo hakaba haboneka ko uwashize uruonde hanze yaba yarihuse cyane mu kurushyira hanze.

Twabibutsa ko amashuli muri rusange azatangira kuri uyu mbere taliki ya 22/04/2013, bityo hakaba hibazwa nimbi aba bana baziga, ndetse nuzakurikirana uyu mu directeur nimbi koko afite amakosa.gihembe morning ibabereyeyo.

 

Kalisa k. nubaha

Views: 823 | Added by: GIHEMBE | Rating: 0.0/0