Tuesday, 2024-03-19, 7:38 AM
Main Sign UpRSS
Welcome, Guest
ibirimo

Section categories
IMIKINO [1]UBUZIMA [2]
IMYIDAGADURO [0]

Our poll
urubyiruko rw'igihembe rwicwa niki?
Total of answers: 40

Statistics

Total online: 1
Guests: 1
Users: 0

1 2 3 ... 11 12 »

Ni kuri uyu wa kane ubwo umuyobozi mukuru wa minisiteri ishinzwe impunzi nibiza ,ubwo yagendereraga iyi nkambi, gusa icyari cy’igamijwe akaba ari ugusura ndetse no gutaha inzu y’ubakiwe kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina.

Bwana minisitiri yakirannywe ituze ndetse n’ubwuzu maze nawe atangira y’umva ibibazo bafite murirusange.

Nkuko byatangajwe n’uhagarariye izi mpunzi akaba yatangaje ko ibibazo bafite muri rusange ari ibya mazu yasenyutse ntasanwe ,ubwiherero budahagije, ikibazo cyimaze amezi ane nta runkwi ruhinguka munkambi  ndetse nuburezi, ko ahanini aribyo bibazo bibugarijwe, minisitiri  ndetse hamwe numuyobozi wa hcr mu Rwanda bakaba basobanuriye ko inkwi kuva ku wambere zizatangira kuza, kubijyanye namazu akaba yavuze ko bagiye kureba uburyo batangira gusakaza amabati, k’uburere  umuyobozi wa hcr Rwanda akaba yemereye urubyiruko ibikoresho harimo DSTV, ECRAN SCREEN .akaba yakomeje avuga ... SOMA ibikurikira »

Views: 1123 | Added by: GIHEMBE | Date: 2013-09-13

iri shuli rya hopeschool twabamenyesha ko riherereye mu nkambi ya gihembe ,rikaba ryarashinzwe nababyeyi bagize iyi nkambi.

Ni kuri uyu wagatatu ubwo ubuyobozi bwa adra bwagezaga inkunga irimo ibyincarwaho muri iri shuli rya hope school.

Urebye muri rusange, akaba ari igikorwa cyiza kuko abana bicaranga ku ntebe zitameze neza(imbaho gusa) ubu adra ikaba ibahaye  intebe nziza zabugenewe(pipitre),ku gira ngo zikomeze kuba fahsa mu myigire ndetse no gukomeza umubano hagati yabo.

Gusa tukaba twabamenyesha ko izi ntebe za ... SOMA ibikurikira »
Views: 1016 | Added by: GIHEMBE | Date: 2013-09-13

Aha ni kuri iki cyumweru ,ubwo ikipe ya gihembe y’umupira wa magaru, yongeye kwereka abafana bayo ko ishoboye kandi inafite umusaruro wejo hazaza.
Ni kuri iki cyumweru ubwo yakiraga ikipe ivuye ikigali yitwa UNITY , maze abasore bidateguha mbaranira gutsinda bagihembe bakayiha impamba y’igitego kimwe.
Ibi byabaye kuri uyu mukino,wari wahuje ikipe nkuru y’inkambi ya gihembe niyi kipe ya UNITY maze gihembe ikabatsinda igitego kimwe, kubusa. Icyo gitego nabamenyesha ko cyabonetse mu gice cyambere habura umunota umwe ngo uwo mukino urangire. Cyikaba cyaratsinzwe narutahizamu INNOCENT KAGIRANEZA (uzwi kuka zina ka sandra) kumupira waruvuye muri colnel maze nawe ntiyazuyaza aba agishizemo.
Gusa twababwira ko hakomeje ugusatirana kumpande zombi kuburyo wabonaga byaribokemeye
Views: 1066 | Added by: GIHEMBE | Date: 2013-08-07

Views: 746 | Added by: GIHEMBE | Date: 2013-07-25

"yitereye 

umwana we mu musarane”

Ku munsi wa 
kane Taliki ya 18/07/2013 mu nkambi ya Gihembe mu gitondo nibwo hazindutse 
havugwa ko hari uruhinja rwatawe mu musarani n’umuntu utazwi muri Quartier ya 
10

Nibwo inkuru 
... SOMA ibikurikira »

Views: 838 | Added by: GIHEMBE | Date: 2013-07-19

Ngo haba hateye ubujura budasanzwe mu nkambi y’impunzi z’abanyekongo ziri mu Karera ka Gicumbi Mu murenge wa Kageyo.

Mu nkambi ya Gihembe Umurenge wa Kageyo hari kuvugwa ikibazo cy’ubujura budasanzwe muriyo nkambi dore ko ubwo bujura bukorwa mu masaha y’ijoro guhera mu saa 11h00’’ y’ijoro ndetse na saa 12h00’’ z’ijoro ubwo bujura ngo bwaba bufite amasinye yihariye. Ubwo bujura buri gukorwa n’abantu bari kurira hejuru y’inzu nuko bagakeba shitting bakaza ubundi bakiba cyane amatelefone ndetse n’imyenda ikiri gutangazwa rero ngo nuko ntabantu baramenyekana cg ngo bafatwe cyangwa ngo bagaragar ko bihishe inyuma y’ubwo bujura. Ikindi gikomeje kuvugwa n’abaturage ngo nuko baba bakeka ko ubwo bujura bwaba bukoreshwa n’imiti cg ibyo bita amarozi kandi bakomeza batangaza ko ubwo bujura bukorwa n’abantu baziranye cyane kandi bameze nka gatsiko bazana bagasinziriza umuntu; bamwe twaganiriye nabo badutangarije ko icyo gikorwa cy’ubujura.

cyaba kidasanzwe kandi nabo bakeme ... SOMA ibikurikira »

Views: 1292 | Added by: GIHEMBE | Date: 2013-07-18

nkuko bitanganzwa nazimwe mu mpunzi za gihembe ngo abatarangize amahirwe yo kubarurwa baba bagiye kubarurwa.
ni nyuma yuko kuri uyu wa gatanu hashinzweho liste y’abantu bagomba gutangira kubarurwa kuri uyu wambere, gusa hakaba hatangiriwe kubantu bake ngo batagize amahirwe yo kurangiza ibarura igihe ryakorwaga.
gusa hakaba havugwa ko nyuma yo kubarura aba bantu hashobora kuzakurikiraho abandi bose batabonye ayo mahirwe, gusa bikaba bigaragara ko abantu bakeneye kwibaruza kuko hcr yahagurukiye abantu bose batibruje, doreko abenshi usanga ari abanyeshuli batari bahari igihe habagaho ibarura rusange ryakoreye impunzi zose, ikindi nuko babarura gusa umuntu uboneka muri computer za hcr,nukuvuga abantu nibura bari basanzwe ari impunzi mbere y’uko bakora ibarura, cyangwa abantu bagarukirije hagati(ritije).
gusa byari ikibazo kubantu batari babaruwe kubera ko wasangaga kugira icyo babona ari ikibazo , aha twavuga nko kwivuza,kubona ibyo kurya ndetse n’i ... SOMA ibikurikira »
Views: 843 | Added by: GIHEMBE | Date: 2013-06-10