Thursday, 2024-04-25, 11:49 PM
Main Sign UpRSS
Welcome, Guest
ibirimo
Section categories
Our poll
urubyiruko rw'igihembe rwicwa niki?
Total of answers: 40
Statistics

Total online: 1
Guests: 1
Users: 0
Main » 2013 » September » 13 » MINISITIRI W’IBIZA NI MPUNZI YASUYE GIHEMBE
2:22 PM
MINISITIRI W’IBIZA NI MPUNZI YASUYE GIHEMBE

Ni kuri uyu wa kane ubwo umuyobozi mukuru wa minisiteri ishinzwe impunzi nibiza ,ubwo yagendereraga iyi nkambi, gusa icyari cy’igamijwe akaba ari ugusura ndetse no gutaha inzu y’ubakiwe kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina.

Bwana minisitiri yakirannywe ituze ndetse n’ubwuzu maze nawe atangira y’umva ibibazo bafite murirusange.

Nkuko byatangajwe n’uhagarariye izi mpunzi akaba yatangaje ko ibibazo bafite muri rusange ari ibya mazu yasenyutse ntasanwe ,ubwiherero budahagije, ikibazo cyimaze amezi ane nta runkwi ruhinguka munkambi  ndetse nuburezi, ko ahanini aribyo bibazo bibugarijwe, minisitiri  ndetse hamwe numuyobozi wa hcr mu Rwanda bakaba basobanuriye ko inkwi kuva ku wambere zizatangira kuza, kubijyanye namazu akaba yavuze ko bagiye kureba uburyo batangira gusakaza amabati, k’uburere  umuyobozi wa hcr Rwanda akaba yemereye urubyiruko ibikoresho harimo DSTV, ECRAN SCREEN .akaba yakomeje avuga ko ikibazo cyababana n’ubumuga bwingingo ko bagiye kureba uburyo batangira gusimbura aho bikenewe,kubijyanye n’uburezi bakaba bavuze ko bagiye kureba uburyo bahashyira ikigo cyisumbuye kuko igisanzwe bagarukira ga mu wa gatatu w’isumbuye.

Umukuru wa hcr akaba yakomeje kwibutsa impunzi ko kugabanya ibyaro ,kuko ngo babona umubare wiyongera cyane kubavukira muri iyi nkambi, gusa bakaba banavuze ko bagiye kureba uburyo babarura abacikaniwe.

Twabibutsa ko iyi nkambi iginzwe ni mpunzi 14600  z’abanyekongo ,bakaba bakomereje mu gufungura k’umugaragara inzu izajya ikoreramo inzego zishinzwe umutekano(police) ndetse na midimar, na migration. Mu rwego rwo gukumira ihohoterwa rishingiye ku gitsina
Views: 1134 | Added by: GIHEMBE | Rating: 0.0/0