Amakuru aturuka
mu nkambi y'impunzi Abanyekongo iherereye i Kigeme mu karere ka
Nyamagabe; aremeza ko nyuma y’amezi 10 ishinzwe; hari abakobwa 128
bamaze gutwara inda z'indaro. Bamwe muri bo ntibujuje imyaka 18
y’ubukure.
Ibi byatangajwe na bamwe mu bahagarariye izi mpunzi mu kiganiro n'Ikinyamakuru Izuba Rirashe.
Iranzi
Jean Pierre; ushinzwe urubyiruko na Siporo muri komite ihagarariye izi
mpunzi zo mu nkambi ya Kigeme yagize ati "Ubu dufite ikibazo gikomeye
cy’abana b’abakobwa bamaze gutwara inda; kandi abenshi muri bo baracyari
bato; hari n'abari munsi y’imyaka 16.”
Naho Habineza Fidele
ushinzwe umutekano muri komite ihagarariye izi mpunzi we yagize ati
"Kubera ibibazo bitandukanye; usanga abahungu bo hanze y’inkambi
bashukashuka aba bashiki bacu. Hari abo bashukisha udufaranga kubera
utubazo baba bakeneye gukem
...
SOMA ibikurikira »