IMIKINO [1] | UBUZIMA [2] |
IMYIDAGADURO [0] |
4:23 PM UMUGANDA RUSANGE MU NKAMBI YA GIHEMBE | |
Ni kuri uyu wa kane aho mu nkambi ya gihembe iherereye mu karere ka Gicumbi mu ntara y’amjyaruguru umurenge wa kageyo akagari ka Gihembe habereye umuganda rusange Uyu muganda rusange wari wasabwe n’ubuyobozi bw’inkambi , ukaba wasabwe ko wakorwa mu nkambi hose ndetse no mu nkengero zawo ariko icyaje gutungurana nuko abaturiye inkambi batawitabiriye ahubwo abatueriye inkambi bakaba batarawitabiriye nkuko byaribiteganijwe ,ariko ntabwo ari inkambi yose itarakoze umuganda ,ahubwo hariho abandi babikoze neza Icyagaragaye nuko hari amakaritiye yo yawitabiriye twavuga nka karitiye ya Kabiri iherereye mu mpinga y’umusozi aho bakunze kwita mu Kiyovu, iyo ikaba ari karitiye yitegeye umujyi wa Gicumbi ukaba uwo umuganda wari uhagarariwe n’abayobozi batandukanye bo mu nkambi ya Gihembe nk’uwahoze ari Perezida w’iyo nkambi NSENGIYUMVA ndetse n’abakaritiye , icyagaragaye gitunguranye nuko nyuma y’umuganda .nuko ubusanzwe abaturage bamenyereye ko nyuma y’umuganda hakunda kuba ibiganiro bafite ibyo bari bwigeho ariko aho mu nkambi ya gihembe siko byagenze kuko ntabiganiro byigeze biba ahubwo habaye umwanya wo kwandika aba witabiriye nyuma y’umuganda twegereye umwe mu bayobozi wari muri uwo muganda tumubaza akamaro kayo ma liste adusubiza agira ati iyi listi dukoze izadufasha kumenya ibigande hanyuma natwe tuzabafatire ibyemezo nyuma,urabona ni byinshi impunzi zikenera bitandukanye zisaba mu nkambi, amashitingi,ibyo kurya ibicanirwa . Twabibutsa ko uyu muganda ukunda kubaho murwego rwo kwigirira isuku mu nkambi ya Gihembe ukaba witabirwa n’impunzi zituye mu inkambi .
KAMALI J.Paul | |
|