IMIKINO [1] | UBUZIMA [2] |
IMYIDAGADURO [0] |
Ni kuri uyu wakabili ,ubwo hatahwaga inzu izajya ikorerwamo bimwe mu bikorwa by’imishinga mfatanya bikorwa bazajya bakoreramo,ndetse nabimwe mu bikorwa by’urubyiruko cyane cyane imyidagaduro. Nkuko bisanzwe uyu munsi wabimburiwe ni jambo ryuhagarariye MIDIMAR maze aha ikaze abashyitsi baje kwitabira uyu munsi, dore ko yahise agaragaza umushyitsi mukuru ariwe muyobozi mushya wa HCR. Mu ijambo rya MIDMAR yabanje gushimira umuyobozi mushya wa HCR G.ALIFA, ikindi yagaragaje uwo muyobozi uwo yasimbuye dore ko yasimbuye uwitwaga RICHARD.yakomeje agaragaza ko HCR ari urwego rukomeye cyane mu micungire y’inkambi n’ibikorwa byinshi bikorwa n’impunzi,ikindi kandi yakomeje kugenda agaragaza ko we nabo bafatanyije kuyobora bishimiye umuyobozi mushya wa HCR kandi agaragazo ko hari byinshi byo gukora kugirango imicungire y’i ... SOMA ibikurikira » |
Ni kuri uyu wakabili ubwo uhagariye inkampi yafungura ga igikorwa cyo gutora commite policing mu kambi ya gihembe. Kugira ngo utorwe hagomba kurebwa ni mba koko uri inyangamugayo ku rwego rwo hejuru ,kuko ngo igikorwa bagiye gukora gisaba kwitanga ,nkuko byatangajwe nanone uhagarariye police SLT Alphonse, Ngo kugira ngo utorwe wagombaga kuba wujuje ibi bikurikira: - Kuba uri inyangamugayo byakarushyo - ... SOMA ibikurikira » |
Mu ruzinduko rwe ruzamara icyumweru nk’uko yabitangaje, umuyobozi w’agashami k’uburezi mu muryango w’abibumbye wita ku mpunzi UNHCR, Madam Audrey Nirrengarten ngo yaje kureba uko hasyirwaho umuryango cyangwa ikindi kigo cyafasha HCR gukurikirana abanyeshuri bishyurirwa na DAFI. Twabamenyesha ko DAFI ari Gahunda ya leta y’ubudage ifasha abanyeshuri b’impunzi gukomeza amashuri makuru na za kaminuza , ubusanzwe icisha iyo nkunga yabo muri HCR kuko aribo basanzwe bakurikirana ubuzima bwa buri munsi bw’impunzi. Ikaba ifasha abanyeshuri bakabakaba ibihumbi bibiri (2000) ku isi yose mu bihugu 37 bakorereamo. Imbere y’abanyeshuri barenga 25 ku biro bya HCR – Nyarutarama, abacyiga n’abarangije kaminuza, barimo abarangije icyiciro cya kabiri (licence)n’icyagatatu(maitrise) yavuze ko ikindi cyamuzanye ari ukureba ingaruka ubu burezi bwa kaminuza bufite ku buzima bw’impunzi. Avuga ko kandi ashi ... SOMA ibikurikira » |