IMIKINO [1] | UBUZIMA [2] |
IMYIDAGADURO [0] |
12:43 PM EEEH!! NTUGITEMBANYWE N’AMAZI &N’UMUYAGA | |
Ni kuri iki cyumweru taliki ya 10/02/2013 aho mu nkambi ya GIHEMBE ihererye mu ntara yamajyaruguru mu karere kaGICUMBI umurenge wa kageyo akagari kaGIHEMBE,ahagana mu rwerere ahazwi kwizina ryo mukiyisilamu.hahoze umusigiti wa basiramu. ahagana mumasaaine n’igice zakumanywa ahahoze umusigiti wa wabasilamu, hari ikoraniro rigizwe n’abasilamu basengera mu musigiti uherereye mukarere ka GICUMBI, ndetse nabasilamu babarizwa mu nkambi yaGIHEMBE . icyari cyibahurije hamwe bateguriraga ikibanza cyahahoze umusigiti wabo hari harabaye umusaka. Nyuma yi myaka myinshi uyu musigiti utahaba, GIHEMBE morning yegereye uwaje uhagarariye iryo koraniro ariwe: IMAMU II w’ungirije ma karere ka GICUMBI MUGARUKIRA ABDOULKALIM. GIHEMBE morning yatangiye imubaza impamvu yateye umusigiti wo mu nkambi ya GIHEMBE gusenyuka dore ko benshi batekereje ko ari abayoboke bakeya, yadusubije muri aya magambo ati<<umusigiti wa mbere wari w’ubakishijwe ibiti namasheteeng cyimwe nkayandi matorero yahano mu nkambi ya GIHEMBE,hanyuma uyu musigiti ushaje twibwiye ko duteye intabwe tukubakisha amatafari ya rukarakara( ibyondo) tubona ko ariwo uzarama. Noneho bitewe n’imiterere y’uyu musozi wa GIHEMBE ubonekamo imvura n’umuyaga bikabije urasenyuka>> twakomeje tumubaza ingamba ndetse n’imbaraga baba bazanye ku idini rya kisilamu . yadubije avuga ati <<ubu aha mudusanze turimo gucukura umusingi wo kuzakora foundation yas mabuye tukazamuramo umusigiti w’ubakishijwe amatafari ahiye ndetse na sima ndemeza ko ibi bitasenyurwa n’umuyaga ndetse n’imvura nkibyambere>>. Abajijwe icyo yavuga kubayoboke bagiye muyandi matorero yavuze ko batari bafite ukwemera gushishikamye ahubwo ntibaribazi icyabazanye mu idini rya Islam, yanaboneyeho umwanya wo gutanga ubutumwa ashishikariza abashaka kwinjira mu idini rya Islam ababwira ko imiryango icyiguye. Tubibutse ko abayoboke bidini rya islam mu nkambi ya GIHEMBE bakora urugendo rugana na meteromagana nane(800 m) bajya gusari( gusenga) .twizeye ko iki ari igisubizo cy’aba bayoboke biri dini. KAMALI& BROWN | |
|