IMIKINO [1] | UBUZIMA [2] |
IMYIDAGADURO [0] |
4:30 PM BAMWE MU BARIMU N’ABA PROFESSEUR BEMEYE UMUSHAHARA ADRA ITANGA | |
Ni kuri uyu wa kane aho umuyobozi w’ADRA ariwe Patrice yaje guhemba abarimu bigisha mu mashuli ya secondaire na primaire akaza yitwaje amafaranga yo guhemba abo barimu,akaba yaratangiriye kuba barimu bo muri za secondaire aba professeur bagaragajeko badashobora kwemera ayo mafaranga bagaragaje ko kandi badashobora kwisubirahiraho ku cyemezo bafashe ko niba HCR yarongeje ikagera aho igeza kubihumbi cumi nu munani (18,000FRW) akaba ADRA yo igitsimbaraye ku bihumbi birindwi ko ntanarimwe bazigera gufata ayo mafaranga angana n’ibihumbi ma kumyabiri na bitanu(25,000FRW) Ahubwo ngo ADRA yo yashaka igakuramo akayo karenge abarimu bagashobora bagahembwa amafaranga ibihumbi cumi numanani byo HCR itanga tubabwire ko nubwo abalimu banze ayo ,mafaranga y’ukwezi kwa kabili, umuyobozi waruje guhemba ageze muri secondaire haje kugaragara umwalimu umwe wahawe ayo mafaranga uzwi kwizina rya KANEZA Napoleon we yahise ayafata , cyane ngwazasigara aburana inyongera,umuyobozi yakomeje kuri primaire nyuma yo guhemba uyu mu professeur umwe wa byemeye akimara kugera kuri primaire undi mwarimu yagaragje ko akeneye ayo mafaranga nuko nawe abasha kuyahabwa nawe uzwi kuzina rya SALONGO usanzwe yigisha igifaransa, Akimara guhemba abo barimu nibwo yatumijeho inama yihuse n’umuyobozi w’ADRA hamwe n’abalimu nyuma y’inama abarimu bose bahamagariwe gusohoka ngo baze bafate amafaranga yabo, abarimu bakihagera basabye umuyobozi w’ADRA kuba asohotse hanze ,nyuma yo kugaruka yasanze abarimu banze kuva ku izima. Nyuma yiyo nama haje kugaragara abarimu nabo bavuye ku izima bafata ayo mafaranga muri abo barimu babonye ayo mafaranga harimo nka BIGIRIMANA, ndetse na MOISE wigisha P5 ndetse na GASHUMBA wigisha mu P2 uko ari batatu nabo bahise basinya Nyuma y’ibyo byose umuyobozi waruje ahagarariye ADRA yahise afata y’amafaranga ayasubiza kuri compte,Abantu benshi bakaba bakomeje kwibaza kubijyanye n’imishahara y’abarimu uko bizagenda Tuzakomeza tubakurikiranire ibyiyi nkuru kalisa nubaha | |
|