Thursday, 2024-04-18, 9:27 PM
Main Sign UpRSS
Welcome, Guest
ibirimo
Section categories
Our poll
urubyiruko rw'igihembe rwicwa niki?
Total of answers: 40
Statistics

Total online: 1
Guests: 1
Users: 0
Main » 2013 » March » 15

Nyuma y’igihe gito Mukantabana Seraphine abaye Minisitiri w’Imicungire y’Ibiza n’impunzi, yatangiye ingendo zo gusura inkambi zicumbikiye impunzi z’Abanyekongo mu Rwanda. Izi ngendo yazitangiriye mu nkambi y’agateganyo ya Nkamira iri mu Karere ka Rubavu mu Ntara y’Uburengerazuba.

Inkambi y’agateganyo ya Nkamira ubu icumbikiye impunzi z’abanyekongo 7,603 zimaze hafi amezi atatu bategereje kwimurwa, kuko inkambi ya Kigeme bari basanzwe bimurirwamo yuzuye.

Muri uru ruzinduko Minisitiri Mukantabana yatangaje ko ruri muri gahunda afite yo gusura inkambi zose kugira ngo agire amakuru nyayo n’ibibazo bihari, bityo amenye akazi kamutegereje.

Minisitiri w’Imicungire y’Ibiza no gucyura impunzi (MIDIMAR) yijeje impunzi z’Abanyekongo ziri mu nkambi y’agateganyo ya Nkamira ko Guverinoma iri gukora ibishoboka byose kugira ngo babone aho bimurirwa hisanzuye, ndetse ... SOMA ibikurikira »

Views: 1164 | Added by: GIHEMBE | Date: 2013-03-15

Ni kuri uyu wa kane aho umuyobozi w’ADRA ariwe Patrice yaje guhemba abarimu bigisha mu mashuli ya secondaire na primaire akaza yitwaje amafaranga yo guhemba abo barimu,akaba yaratangiriye kuba barimu bo muri za secondaire aba professeur bagaragajeko badashobora kwemera ayo mafaranga bagaragaje ko kandi badashobora kwisubirahiraho ku cyemezo bafashe  ko niba HCR yarongeje ikagera aho igeza kubihumbi cumi nu munani (18,000FRW) akaba ADRA yo igitsimbaraye  ku bihumbi birindwi ko ntanarimwe bazigera gufata a ... SOMA ibikurikira »

Views: 829 | Added by: GIHEMBE | Date: 2013-03-15