IMIKINO [1] | UBUZIMA [2] |
IMYIDAGADURO [0] |
10:52 AM COMMITEE POLICING MU NKAMBI YA GIHEMBE | |
Kuri itariki ya 22/01/2013 mu nkambi ya gihembe ni bwo hateraniye inama yari irimo abayobozi bakuru nk’uhagarariye police witwa sl HABIMANA Alphonse hari n’uhagarariye MIDIMAR mu nkampi ya gihembe ariwe SHYAKAGABO MARK,na commite nyobozi yinkambi ndetse nabahagariye amakaritiye. IYI NAMA YATANGIJWE N’uhagarariye midimar agaragaza abantu bitabiriye iyo nama, gusa hakurikiyeho uhagariye police, agaragaza bimwe mu bibazo bitera umutekano muke, cyane ko aribo babyitera”bitewe n’ibiyobyabwenge bitadukanye bamwe muri izo mpunzi zicuruza nka kanyanga urumogi,…rumwe mu murubyiruko ruturiye iyi kambi ru rabinywa noneho rugateza umutekano muke.”yakomeje avuga ko ari muri urwo rwego bagiye gushira ‘COMMITTEE POLICING’ izaba ikorera aha munkambi aho izajya ikorana byihuse na coomite policing yo hanze,yavuze ko kandi abazaba bayigize baza turuka mu makaritiye bagomba kuzava mu midugudu uko igize inkampi umudugudu ukavamo batatu, ariko ntibisobanuye ko havuyeho abanya mutekano ahubwo n’uburwo bwo kuwushimangira noneho bakawubungabunga yakomeje avuga ko bagiye kubashakira umwambaro bagomba kuzajya bakoresha.akaba yongeyeho ko uzafatirwa mu makosa azahanwa byitangarugero. Gusa batangaje ko abazatorwa kuba aba policing commite bagomba kuba abakorera bushake naho ibyo guhemba bishobora kuba cyangwa ntibibe. Mbega urebye byakiriwe neza kuko umutekano warugiye guhirika iyi nkampi, ikibazo usanga ahanini nuru rubyiruko bavuga ruba ari inkorabusa bityo bakishora muri ibyo bikorwa. Gusa wakwibaza nimba koko iyi policing izakuraho ababantu bahungabanyaga umutekano ,kuko ubona bimaze gufata indi ntera. SAMMY | |
|