IMIKINO [1] | UBUZIMA [2] |
IMYIDAGADURO [0] |
2:40 PM IMYITEGURO YO KWIBUKA IRAKOMEJE IGIHEMBE | |
Ni kuri uyu mugoroba taliki ya 23/05/2013 habura amasaha make ngo cyagikorwa ngaruka mwaka cyo kwibuka abacu bazize uko baremwe. NDAHIRIWE Innocent umuyobozi ushinzwe icyunamo mu nkambi ya gihembe yatangije inama yanyuma itegura icyunamo, nubwo wasangaga ititabiriwe cyane nkuko byari byitezwe ntibyabujijwe kugerwaho. kwa gahunda yari yateganijwe cyane nko kureberahamwe ku kunoza neza kubantu bagiye bahabwa inshingano zo kuri uwo muns,i ko bamaze kwisuganya bategura umunsi wejo ndetse n’ijoro ryo kwibuka. hano impande zose ngo kuruyu mugoroba ziraba zihari cyane ko noneho bizabera mu makaritiye muri irijoro ryo kuwa 24/05/2013 rishyira 25/05/2013 hakaza komeza gahunda nkuko bisanzwe. gihembemorning ikaba yibutsa abanyagihembe bose ndetse nabandi bakeneye kwifatanya nayo ko gahunda iri butangire kumugoroba akaba ariyo mpamvu iki gikorwa tugomba kucyitabira turi benshi. Icyindi twabamenyesha nuko mu ma saa9h30 kuwa 24/05/2013 abana biga ku cyuru nabo bakaba bageze ku mu nkambi baje kwifatanya nabandi ku munsi ngaruka mwaka wo kwibuka inzira karengane , dukomeje gushimira nabandi bantu bafite umuti wo kuza kwifatanya nabandi kuri uriya munsi . tunongera guhamagarira abantu bose baza senga ejo ko bagomba gusenga kare nabo bakaza kwifatanya nabandi muri kiriya gikorwa. Nubaha kalisa | |
|