IMIKINO [1] | UBUZIMA [2] |
IMYIDAGADURO [0] |
5:48 PM IBYARI INAMA BYAHINDUTSE ISOKO | |
Muri iki gitondo mu nkambi ya Gihembe ibyari inama byahindutse isoko Ni nyuma y’uko habereye inama yababyeyi barere ku mu nkambi yagihembe,gusa nta munyeshuli wari wemerewe kwinjira mu ishuli aterekanye umuhagaririye gusa inama yatangiye nko mu masa mbili n’igice,icyari k’umurongo w’ibyigwa yari ukubwira ababyeyi ko abana babo bazajya banywa igikoma k’umashuli y’aba secondaire ndetse na primaire ,ababyeyi bamenyeshejwe ko bagomba gutanga 50frws kuri buri munyeshuli wateganyijwe ndetse no kuncuke. Ababyeyi babajije ibyayo mafaranga,umuyobozi w’ADRA MUNYENZI Patrice ati<< ayo mafaranga nayo kujya dukoresha duhemba abakozi bazajya bategura icyo gikoma>> ababyeyi bose bateye hejuru bavuga bati<< ese uduhungure dufata twavamo amafaranga yose dusabwa,ayo kuri hopeschool,ay’umutekano,ay’isuku y’imisarani…none namwe ngo twongereho nandi, ese mwe uko mubizi dufata ibinganiki?>>. Ubuyobozi bw’ADRA bwakomeje guhata ariko bibura wayo.twifuje ku menye uko ababyeyi babyakiriye maze tubaza uyu witwa Antoinnette NYIRAMUGISHA ati<< nawe se mfite abana 5 biga mu mashuli abanza n’abandi bari muyi sumbuye kandi bose bakenera ibintu byinci kandi singira akazi wenda uretse gutegera muri depot. Gusa njye n’umva bazajya baduga iyifu tukajya kuyibatekera murugo>>. Gusa twashatse k’uvugana n’uyu muyobozi w’ADRA maze ntitwabasha kumubona bitewe n’uko wabonaga nawe byamurenze. Gusa bagiye bemerenyije ko ADRA igiye kureba ubundi buryo. Twabibutsa ko iki gikoma giheruka mu mwaka waza 2000 ubwo cyatekwaga n’umushinga JRS gusa kuri uyu mushinga wo,ntamafaranga bacaga,uretse ko cyahabwaga abana bincuke. Ikindi n’uko ubona iyi ADRA isa naho ntamafaranga ifite doreko namwarimu bamuhebye intica ntikize, gusa tuzakomeza kubakurikiranira ibyiyi nkuru.
Ndaziramiye brown sammy | |
|