Saturday, 2024-04-20, 9:36 AM
Main Sign UpRSS
Welcome, Guest
ibirimo
Section categories
Our poll
urubyiruko rw'igihembe rwicwa niki?
Total of answers: 40
Statistics

Total online: 1
Guests: 1
Users: 0
Main » 2013 » April » 26 » GIHEMBE MURUSOBE RW’IBIBAZO
1:47 PM
GIHEMBE MURUSOBE RW’IBIBAZO

Nyuma yuko ku taliki ya 23/04/2013 mu cyumba cyinama yahije HCR,PAM,MIDIMAR n’impunzi muri rusange, iyi nama ngo yari ukureba ibibazo muri rusange impunzi zo muri iyi nkambi zaba zifite.

Nkuko byatangiye bigaragazwa nuhagarariye izi mpunzi akabayaratangiye amenyesha ababayobozi(twavuze haruguru) ko mu byukuri ikibazo cy’itagwa ry’ibiribwa gihangayikishije abantu benshi yemwe akaba yaravuze ko gishobora kuba itandaro yo gutera impunzi inzara, ikindi cyakomeje kugaragara muri iyinkambi ngo nikibazo cy’imisarane idakonzwe neza yemwe hakaba hasigaye imisarane mike itaruzuye kuko tayindi irubakwa bityo bikaba bihangayikishije iyi nkambi kuburyo babona hashobora kuzaduka indwara zitewe n’umwanda ,bitewe no kubura imisarane.

Ikindi uyumuyobozi yashikirije abitabiriye iyi nama n’ikibazo cy’impunzi zavuye mu nkambi ya nkamira nyama zikaba zaraje ngo zitabaruwe none hakaba hibazwa icyizazitunga mu byukuru.

Gusa haje no kugaragara ibindi bibazo ubwo umuchef wa karitiye ya 12NYIRAKANYANA yagaragaje ko kubera ibura ry’inkwi ngo abadamu bishora mu mashyamba yabaturage baturiye iyinkambi bikaba bibaviramo gufatwa nkungufu ndetse no gukibitwa ,haje no kubazwa kukibazo cyabantu bajya kwivuriza hanze kandi batwawe muburyo bwemewe gusa bajyerayo  bakicwa ninzara kandiababatwaye bo baba bafite amafaranga ya mission.

Gusa nkuko ibibazo byabajijwe bikaba byaragiye bihabwa ibisubizo, bakaba batangaza ko  bafite gahunda yo kubakisha inkambi yose amabati ndetse no gusanura imwe mu misarani yo muri iyi nkambi,kuki bazo cyikwi bakaba bavuga ko biterwa naba ryiyemezamirimo baba baratsindiye isoko bityo bagatinda kuzigemura gusa bakaba bavuga ko bagiye kubikurikira ,kuki bazo  cyibyo kurya bavuga ko habayeho kumanza gupima ingano zibyo umuntu afanta bityo bikaba byataje gukererwa gusa bavuga ko ntakundi bayagenda  kuko niko byategetswe.

NDAZIRAMIYE BROWN                   

Views: 918 | Added by: GIHEMBE | Rating: 0.0/0