Friday, 2024-05-03, 5:23 PM
Main Sign UpRSS
Welcome, Guest
ibirimo
Section categories
Our poll
urubyiruko rw'igihembe rwicwa niki?
Total of answers: 40
Statistics

Total online: 1
Guests: 1
Users: 0
Main » 2013 » January » 11 » “AHO UMUTINDI YANITSE NTIRIVA”
11:10 AM
“AHO UMUTINDI YANITSE NTIRIVA”
ibitaro bya gihembe camp
Ibi n’ibitangazwa nabamwe bahoze bakorera umushinga ARC muri MINISANTE bakora akazi kubunimateur,byatangiye bapfa amafaranga yari yatanzwe na MINISANTE nyuma brayahezwa nkuko bakomeza babitangaza .
Ibyo byatumye twegera umukozi wari ubashinzwe( yanze ko dutangaza izina rye) maze atubwira ko baba baratangaje ko batirukanye ahubwo habayeho kubura amafaranga yo kubahemba . gusa igiteye inkeke n’uko birukanye,hashira icyumweru bakagarura bake mubirukanywe, ibyo bishatse kuvuga ko haba hagaragaramo ikimenyane, cyagwa koko kwikizabamwe , mubashatse gukurikirana amafaranga ya MINISANTE bari bemerewe. Dore ko mubantu hafi 25 baba animateur birukanywe haguruwemo 13 , naho mubabyaza hirukanywe14 hagaruwe mu kazi 6 gusa.
Kuruhande rwabirukanywe ntibabivugaho kimwe,abatarabonetse muri urwo rutonde batangaza ko impamvu batagaruwe mu kazi ,aruko bigeze kuburana amafaranga bahawe na MINISANTE noneho ARC ibahakanira ko ntayo bahawe.ubwo bahise bagirana ikibazo n’umuyobozi wa ARC kuburyo yanashatse uko yabirukana ,ariko ntiyahabwa ubwo bushobozi, none ngo aho umutindi yanitse ntiriva, awo muyobozi uyu mwaka yazamuwe mu ntera. Basobanura ko yabihimuye ho bwabushobozi ko abifite munshingano ze none arabirukanye.
Aba banimateur de santé twabibutsa ko ubusanzwe bafasha mugikorwa cy’isuku muri rusange munkampi yose.
Gusa twabamenyesha ko bikiri imbogamizi gukorera mu nkampi nkimpunzi kuko ngo nta contrat(amasezerano y’akazi) bityo ngo iyo umukoresha akwijuse ahita afata icyemezo cyo ku kwirukana.
Category: UBUZIMA | Views: 745 | Added by: GIHEMBE | Rating: 0.0/0