Friday, 2024-05-03, 7:14 AM
Main Sign UpRSS
Welcome, Guest
ibirimo
Section categories
Our poll
urubyiruko rw'igihembe rwicwa niki?
Total of answers: 40
Statistics

Total online: 1
Guests: 1
Users: 0
Main » 2013 » September » 13

Ni kuri uyu wa kane ubwo umuyobozi mukuru wa minisiteri ishinzwe impunzi nibiza ,ubwo yagendereraga iyi nkambi, gusa icyari cy’igamijwe akaba ari ugusura ndetse no gutaha inzu y’ubakiwe kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina.

Bwana minisitiri yakirannywe ituze ndetse n’ubwuzu maze nawe atangira y’umva ibibazo bafite murirusange.

Nkuko byatangajwe n’uhagarariye izi mpunzi akaba yatangaje ko ibibazo bafite muri rusange ari ibya mazu yasenyutse ntasanwe ,ubwiherero budahagije, ikibazo cyimaze amezi ane nta runkwi ruhinguka munkambi  ndetse nuburezi, ko ahanini aribyo bibazo bibugarijwe, minisitiri  ndetse hamwe numuyobozi wa hcr mu Rwanda bakaba basobanuriye ko inkwi kuva ku wambere zizatangira kuza, kubijyanye namazu akaba yavuze ko bagiye kureba uburyo batangira gusakaza amabati, k’uburere  umuyobozi wa hcr Rwanda akaba yemereye urubyiruko ibikoresho harimo DSTV, ECRAN SCREEN .akaba yakomeje avuga ... SOMA ibikurikira »

Views: 1134 | Added by: GIHEMBE | Date: 2013-09-13

iri shuli rya hopeschool twabamenyesha ko riherereye mu nkambi ya gihembe ,rikaba ryarashinzwe nababyeyi bagize iyi nkambi.

Ni kuri uyu wagatatu ubwo ubuyobozi bwa adra bwagezaga inkunga irimo ibyincarwaho muri iri shuli rya hope school.

Urebye muri rusange, akaba ari igikorwa cyiza kuko abana bicaranga ku ntebe zitameze neza(imbaho gusa) ubu adra ikaba ibahaye  intebe nziza zabugenewe(pipitre),ku gira ngo zikomeze kuba fahsa mu myigire ndetse no gukomeza umubano hagati yabo.

Gusa tukaba twabamenyesha ko izi ntebe za ... SOMA ibikurikira »
Views: 1022 | Added by: GIHEMBE | Date: 2013-09-13