Ni kuri uyu wa kane ubwo umuyobozi mukuru wa minisiteri
ishinzwe impunzi nibiza ,ubwo yagendereraga iyi nkambi, gusa icyari cy’igamijwe
akaba ari ugusura ndetse no gutaha inzu y’ubakiwe kurwanya ihohoterwa
rishingiye ku gitsina.
Bwana minisitiri yakirannywe ituze ndetse n’ubwuzu maze nawe
atangira y’umva ibibazo bafite murirusange.
Nkuko byatangajwe n’uhagarariye izi mpunzi akaba yatangaje
ko ibibazo bafite muri rusange ari ibya mazu yasenyutse ntasanwe ,ubwiherero
budahagije, ikibazo cyimaze amezi ane nta runkwi ruhinguka munkambi ndetse nuburezi, ko ahanini aribyo bibazo
bibugarijwe, minisitiri ndetse hamwe
numuyobozi wa hcr mu Rwanda bakaba basobanuriye ko inkwi kuva ku wambere
zizatangira kuza, kubijyanye namazu akaba yavuze ko bagiye kureba uburyo
batangira gusakaza amabati, k’uburere
umuyobozi wa hcr Rwanda akaba yemereye urubyiruko ibikoresho harimo DSTV,
ECRAN SCREEN .akaba yakomeje avuga
...
SOMA ibikurikira »