Amakuru aturuka mu nkambi ya gihembe aho ituwe n’ihumbi cumin
a bine biravugwa ko hari ikibazo cy’umwanda ukabije ikindi kandi ngo nuko izo
mpunzi zo ubwazo ngo nizo zishyura aba kora isuku muriyo nkambi hakibazwa rero
aho izompunzi zikura amafaranga kandi ari ugutegereza ibiryo zifata buri
kwezi,bemeza ko bakura amafaranga kubiryo bafata kuko kuri buri muntu bavanaho
½ ahwanye n’amafaranga 300 FRWyo
kwishyura abantu bakora isuku muriyo nkambi ya Gihembe ushiraho amafaranga
y’umutekano 100FRW n’ amafaranga 100FRW yose hamwe akaba amafaranga 300 ukabona
rero nibiryo bafata ugasanga hakunze kuboneka inzara cyane
Twashats
...
SOMA ibikurikira »