Ni kuri uyu wakabili ,ubwo hatahwaga inzu izajya ikorerwamo
bimwe mu bikorwa by’imishinga mfatanya bikorwa bazajya bakoreramo,ndetse
nabimwe mu bikorwa by’urubyiruko cyane cyane imyidagaduro.
Nkuko bisanzwe uyu munsi wabimburiwe ni jambo ryuhagarariye
MIDIMAR maze aha ikaze abashyitsi baje
kwitabira uyu munsi, dore ko yahise agaragaza umushyitsi mukuru ariwe muyobozi
mushya wa HCR.
Mu ijambo rya MIDMAR yabanje gushimira umuyobozi mushya wa
HCR G.ALIFA, ikindi yagaragaje uwo
muyobozi uwo yasimbuye dore ko yasimbuye uwitwaga RICHARD.yakomeje agaragaza ko
HCR ari urwego rukomeye cyane mu
micungire y’inkambi n’ibikorwa byinshi
bikorwa n’impunzi,ikindi kandi yakomeje
kugenda agaragaza ko we nabo bafatanyije kuyobora bishimiye umuyobozi mushya wa
HCR kandi agaragazo ko hari byinshi byo gukora kugirango imicungire y’i
...
SOMA ibikurikira »