Kuri itariki ya 22/01/2013
mu nkambi ya gihembe ni bwo hateraniye inama yari irimo abayobozi bakuru
nk’uhagarariye police witwa sl HABIMANA
Alphonse hari n’uhagarariye MIDIMAR mu nkampi ya gihembe ariwe SHYAKAGABO
MARK,na commite nyobozi yinkambi ndetse nabahagariye amakaritiye.
IYI NAMA YATANGIJWE N’uhagarariye midimar agaragaza abantu bitabiriye iyo nama, gusa
hakurikiyeho uhagariye police, agaragaza bimwe mu bibazo bitera umutekano muke,
cyane ko aribo babyitera”bitewe n’ibiyobyabwenge bitadukanye bamwe muri izo mpunzi zicuruza
nka kanyanga urumogi,…rumwe mu
murubyiruko ruturiye iyi kambi ru rabinywa noneho rugateza umutekano
muke.”yakomeje avuga ko ari muri urwo
rwego bagiye gushira ‘COMMITTEE POLICING’ izaba ikorera aha munkambi aho izajya
ikorana byihuse na coomite policing yo hanze,yavuze ko kandi abazaba bayigize
baza turuka mu makaritiye bagomba kuzava mu midugudu uko igize inkampi
umudugudu uka
...
SOMA ibikurikira »