Iyi bomboribombori iraterwa ahanini ni garuka rya NTABARESHA
BODUIN nyuma yaho agarukiye muri iki
kigo, kandi yarasezeye kumugaragaro.bityo hakaba hibazwa uzayobora hagati ye na
BAHATI DANIEL warusanzwe ari umuyobozi.
HOPE SCHOOL nikigo
cyamashuli yisumbuye (guhera mu wa kane mukuru kugeza mu wagatandatu
wisumbuye) cy’impunzi zo mu nkampi ya gihembe icyo kigo cyatangijwe ni huriro ry’urubyiruko
ryigaga mu mashuli makuru ndetse naza kaminuza rwibumbiye mu tsinda bita FORUM . bombori bombori mu miyoborere y’iki kigo cya hope shool ,zimaze gutera urujijo abantu
benshi ,ubwo cyatangiraga ; twabamenyesha
ko uwari umuyobozi wacyo icyo gihe yari uwitwa NTABARESHA BODUIN aha hari mu mwaka wa 2009. gusa nyuma
y’umwaka umwe uyu mu directeur BODUIN yabonye amahirwe yo gukomeza amashul
...
SOMA ibikurikira »