Thursday, 2024-04-25, 6:36 PM
Main Sign UpRSS
Welcome, Guest
ibirimo
Section categories
Our poll
urubyiruko rw'igihembe rwicwa niki?
Total of answers: 40
Statistics

Total online: 1
Guests: 1
Users: 0
Main » 2013 » May » 8 » URUJIJO KUBANYESHURI BIRUKANYWE MURI HOPE SCHOOL
5:09 PM
URUJIJO KUBANYESHURI BIRUKANYWE MURI HOPE SCHOOL

kwiga muri hope menya hari izindi nzira ugomba kuba waranyuze mo

 Ibi nibyo ubu byagaragaye nyuma yo gushira ahagaragara criteres zagendeweho kugira ngo hakirwe abana bo mu mwaka wa mashuri wa 2013,
Nyuma yuko umuvugizi wa forum ashyiriye iyi nkuru hanze, gihembe morning yashatse kumenya byinchi kuri ibi bivugwa, maze bituma tureba niba koko aya mabwiriza yakurikijwe nkuko umuvugizi yabitangaje, ikindi
ngo ibi byose byaba bijya ahagaragara nyuma yirukannya ry’uwahoze ari umuyobozi wa hope school bikaba ngo bifitanye isano ya hafi cyane kuko benshi mubo twagiye tuganira nabo babitubwira.
Gusa twegereye bamwe mu banyeshuli birukanywe maze bagira icyo badutangariza. Bakaba bemeza ko birukanywe bitewe n’uko badafite ubakingira ikibaba, nagahinda kenshi bakaba bagira bati<<hakoreshjwe
telephone bahamagara directeur ngwanyakire none  arirukanwe,none bara munkurikije ikibazo nuko hari abo twiganaga mu ishuri rimwe basigaye biga kandi batarize uwa gatatu koko nzize iki simbyumva?>>
. gusa akaba yaranze kudutangariza amazina ye bitewe n’umutekano wiwe.
Undi nawe yavuze ko yize umwaka wa gatatu, arangiza umwaka ariko ntiyakoze ikizamini cya leta 
kuko nta mahirwe yagize yo gususha, nawe yari yahawe umwanya  dore ko we ari ni imfubyi  atangaza ko agiye  kuba mayibobo kandi ikigo cyaragiyeho kugirango kirwanye ubuzererezi bw’abana bacikishije amashuri yabo. kandi akomeza
avuga ko we  igihembwe cya mbere cyarangiye atsinze neza n’amanoto ashimishije yewe no kurushya nabagangije
uwagatatu, nawe yarirukanywe. Bityo akibaza niba azira ko atinjiye mu cyumba cy’ibizamini bya leta, cyangwa nukubura kivugira?
bamwe mu bayobozi ba Hope School bavuga ko bagikomeza  gushaka  abo birukana kuko ngo
ntibararangiza gukora checking ku banyeshuri binjijwe bitemewe n’amategeko.  
Gusa  sinzi nimbi ibi bizashoboka kandi ubona igihebwe cyakabili kigeze kure ndetse ugasanga izi
cas usanga ataribo bonyine zireba, ahubwo usanga ko aribo bari bagenderewe, kuko iyo baza kuba ataribo bagenderewe ntibyari gufata aba bonyine.bikaba bivugwa ko hakirimo n’abandi benshi ndetse bari inyuma cyane yaba bavuyemo, hakaba havugwamo abo muwa gatandatu nka: ROGER,NTIHEMUKA,MUHIRE,NA NDUWUMWE  ndetse n’abandi tutabashije gutangaza amazina yabo.
Gusa twashatse kumenya icyo abakoze recrutement babivugaho maze twegera umwe muri bo witwa Boduin, maze atubwira ko atigeze ajya muri ako kanama gashinzwe recrutement, bituma twibaza nimba umuvugizi
yaratangaje amakosa.
Ibindi bivugwa ko biriya ari uguharabika uwari umuyobozi doreko  hari n’impuha zivuga ko yaba yaratwaye ibikoresho byikigo  harimo machine laptop ndetse na photocopieuse na mafaranga,gusa uyu BAHATI Daniel akaba
atangaza ko ibi byose ari ibinyoma kuko ngo we lptop yaba ikoreshwa n’umuyobozi wa forum ndetse photocopieuse ikaba itaraza naho amafaranga ibyo akavuga ko atabizi. Gusa gihembe morning ikaba ikirimo gukora ubushakashatsi bwimbitse ku iyi rukanwa ry’uwahoze ari umuyobozi wa hope school.

Kalisa nubaha jean



Views: 1116 | Added by: GIHEMBE | Rating: 0.0/0