Saturday, 2024-04-20, 11:21 AM
Main Sign UpRSS
Welcome, Guest
ibirimo
Section categories
Our poll
urubyiruko rw'igihembe rwicwa niki?
Total of answers: 40
Statistics

Total online: 1
Guests: 1
Users: 0
Main » 2013 » February » 18 » GEAR YO KURI ICYI CYUMWERU Y’ARI DANGE!!!!!
5:23 PM
GEAR YO KURI ICYI CYUMWERU Y’ARI DANGE!!!!!

Ni kuri icyi cyumweru ,ho munkambi ya gihembe munzu mbera byombi habayeho kwakira uyu mwera wari uje mu kwifatanya n’abagize ‘’GAER” . akahagera yakiriwe n’umuyobozi w’iyi association maze amubwira muri bimwe bakora ,nkuko bisanzwe bikorwa muri iyi association ngo bahura rimwe mu cyumweru bakaganira kuri sujet iba yatoranyijWE.

gear groupe

Kuri uno munsi hari hari sujet igira iti <<is true that life in the city is better than in the village>>.bayiganiriyeho k’uburyo buri wese yagiye atanga igitekerezo cye gusa cyane cyane bahereye k’ubuzima bw’ubuhunzi barimo.

Twabamenyesha ko uyu mushitsi yitwa elizabeth ROBINSON akaba akomoka muri leta zunze ubumwe z’amerika ,muri leta  ya minesota akaba ahagariye intara y’amajyepfo mu kwigisha icyongereza, akaba yishimiye kugera muri iyi nkambi ndetse no kubona ko hari groupe ikora bimwe mu byo nawe akora,ikindi akaba nawe yasabye ko yaba umwe mu bagize iyi groupe ,dore ko yahise anabyemererwa.

Gusa umuyobozi wiyi groupe ,akaba yahise asobanura ko iyi groupe uko ikora,gusa akaba yavuze ko bibanda cyane mu kuzamura niveau y’icyongereza ndetse bakabikora bimenyereza ku kivuga ndetse bagakora na ma tiyatire.

Gusa iyi groupe ubusanzwe iterana ku cyumweru saa munani kugeza saa kumi n’ebyili, gusa kuri uyu munsi bateranye saa tanu barangiza saa sita ,kubera impamvu z’uyu mushyitsi, gusa bavuye muri sale bajye kwiyakirira muri old school restaurant .

Views: 874 | Added by: GIHEMBE | Tags: kabumba | Rating: 0.0/0