Thursday, 2024-04-25, 7:39 AM
Main Sign UpRSS
Welcome, Guest
ibirimo
Section categories
Our poll
urubyiruko rw'igihembe rwicwa niki?
Total of answers: 40
Statistics

Total online: 1
Guests: 1
Users: 0
Main » 2013 » February » 11 » EEEH!! NTUGITEMBANYWE N’AMAZI &N’UMUYAGA
12:43 PM
EEEH!! NTUGITEMBANYWE N’AMAZI &N’UMUYAGA

Ni kuri iki cyumweru taliki ya 10/02/2013 aho mu nkambi ya GIHEMBE ihererye mu ntara yamajyaruguru mu karere kaGICUMBI umurenge wa kageyo  akagari kaGIHEMBE,ahagana mu rwerere  ahazwi kwizina ryo mukiyisilamu.hahoze umusigiti  wa  basiramu.

           ahagana  mumasaaine n’igice  zakumanywa  ahahoze umusigiti  wa  wabasilamu, hari ikoraniro  rigizwe  n’abasilamu  basengera  mu musigiti  uherereye  mukarere ka  GICUMBI, ndetse nabasilamu babarizwa mu nkambi yaGIHEMBE . icyari cyibahurije hamwe  bateguriraga ikibanza  cyahahoze umusigiti  wabo hari  harabaye umusaka.

Nyuma yi myaka myinshi uyu musigiti utahaba, GIHEMBE morning yegereye  uwaje uhagarariye iryo koraniro ariwe:                 IMAMU II w’ungirije ma karere ka GICUMBI MUGARUKIRA ABDOULKALIM.

GIHEMBE morning  yatangiye imubaza impamvu yateye umusigiti wo mu nkambi  ya GIHEMBE gusenyuka dore ko benshi batekereje ko ari abayoboke bakeya, yadusubije muri aya magambo ati<<umusigiti wa mbere wari w’ubakishijwe ibiti namasheteeng  cyimwe nkayandi matorero yahano mu nkambi ya GIHEMBE,hanyuma uyu musigiti ushaje twibwiye ko duteye intabwe tukubakisha amatafari ya rukarakara( ibyondo) tubona ko ariwo uzarama. Noneho bitewe n’imiterere y’uyu musozi  wa GIHEMBE ubonekamo imvura n’umuyaga bikabije urasenyuka>> twakomeje tumubaza ingamba ndetse n’imbaraga baba bazanye  ku idini rya kisilamu . yadubije  avuga ati <<ubu aha mudusanze turimo gucukura  umusingi wo kuzakora foundation yas mabuye  tukazamuramo  umusigiti  w’ubakishijwe amatafari ahiye ndetse na sima ndemeza ko ibi bitasenyurwa n’umuyaga ndetse n’imvura nkibyambere>>.

Abajijwe icyo yavuga kubayoboke bagiye muyandi matorero yavuze ko batari bafite ukwemera gushishikamye ahubwo ntibaribazi icyabazanye mu idini rya Islam, yanaboneyeho umwanya wo gutanga ubutumwa ashishikariza abashaka kwinjira mu idini rya Islam ababwira ko imiryango icyiguye.

Tubibutse ko abayoboke bidini rya islam mu nkambi ya GIHEMBE bakora urugendo rugana na meteromagana nane(800 m) bajya gusari( gusenga) .twizeye ko iki ari igisubizo cy’aba bayoboke biri dini.

KAMALI& BROWN

Views: 596 | Added by: GIHEMBE | Rating: 0.0/0