IMIKINO [1] | UBUZIMA [2] |
IMYIDAGADURO [0] |
5:20 PM BISHOBORA KUGARURA UMUTEKANO | |
Amakuru dukesha ubuyobozi bw’inkambi badutangarije ko bahangayikishijwe n’ikibazo cy’umutekano muke uri muriyo nkambi batangarije Gihembe morning ko umutekano muke uba muriyo nkambi ahanini uterwa nuko usanga urubyiruko rwaho rukunda kwishora mubiyobyabwenge, ubujura bikaba biterwa nuko urubyiruko rwaho ruri gucikisha amashuri dore ko biga bakageza mu mwaka wa gatatu w’amashuri yisumbuye, ibyo bigatuma uburere bw’abana bugorana. twashatse kumenya icy’ubuyobozi bubivugaho mugukemura icyo kibazo cy’ibiyobyabwenge n’ubujura bugaragara muriyo nkambi arinayo ntandaro y’umutekano muke badutangarije ko mubufatanye n’akarere ka Gicumbi bafatanyije ninzego z’umutekano ko hagiye gushyirwaho inzu police izakoreramo aho mu nkambi. twagerageje kumva kuruhunde rw’abaturage icyo babivugaho badutangariza ko icyo ari igikorwa cyiza cyane kandi ko cyabagirira akamaro kuburyo byagabanya ibiyobyabwenge biboneka muriyo nkambi ndetse n’ubujura benshi babonako icyo cyari igikorwa cyari cyaratinze kuza muriyo nkambi . tukaba twabamenyesha ko iyi police igiye kuza isanga community policing yatowe mu kwezi gushize ndetse n’abari basanzwe bakora akazi ko kurinda umutekano. GATERURA J.de Dieu | |
|