Wednesday, 2024-04-24, 7:45 PM
Main Sign UpRSS
Welcome, Guest
ibirimo
Section categories
Our poll
urubyiruko rw'igihembe rwicwa niki?
Total of answers: 40
Statistics

Total online: 1
Guests: 1
Users: 0
Main » 2013 » January » 11 » BIRANGIYE ADRA/RWANDA ARIYO ISIMBUYE JRS
11:05 AM
BIRANGIYE ADRA/RWANDA ARIYO ISIMBUYE JRS
Hari hashize igihe kigera ku mezi abili (2MOIS) htagara gara uburyo bwo gukomeza amashuli mu nkampi ya gihembe gusa kuri uyu wakane nibwo ubuyobozi bwa HCR bwagaragarije impunzi undi mushinga uzakomeza wita kubijyanye n’amashuli ariwo ADRA/RWANDA dore ko JRS yari isanzwe ibikora yari yarasezeye.
Kuko bitangazwa n’uhagarariye ADRA ptrice atangaza ko ubu imyiteguro ariyose kandi ko birihafi kurangira dore ko yatangaje ko amashuli azatangira kuri uyuwambere taliki ya 14/01/2013. Ko bazibanda ahanini kubikorwa JRS yakoraga , twabibutsa ko amashuli bazitaho ko ari amashuli abanza (primary school) ndetse na amasuli 3 yisumbuye( o level). 
 Tumubajije imapvu ki batanze ibizamini kubarimu, yabitangaje muri aya magambo ",JRS ari JRS , naho ADRA ikaba ADRA bityo rero ntampamvu twari gukomezanya nabo, kandi baratse akazi JRS.”
Gusa twabamenyasha ko ubu habaye impinduka mubuyobozi bwabahagariye ayo mashuli aho kuri primary school uyihagariye yabaye uwitwa MUGABE PATRICE ,naho uhagariye secondary yabaye NDAYISABA PROSPER akazaba y’ugirijwe na NTAMBARA GILBERT.
Ikindi n’uko urebye ikigo gisa naho ADRA ya gishinze mu maboko y’impunzi kuko ari abayobozi y’aba nabarimu abenshi nabanyenkampi ,amashuli abanza ya gihembetukaba twiteguye uburezi bufite ireme bitewe n’uko abagiye kwigisha ari bakuru babana .
Tuboneyeho ko hatangiye kwandi abana ,doreko byose byabaye bishyashya, aho uwiyandikisha yitwaza indagamanota ndetse nikiraga ko yabaruwe ndavuga jeton. Bikaba bitangira kuri uyu wagatanu.
Attachments: Image 1
Views: 852 | Added by: GIHEMBE | Rating: 0.0/0