IMIKINO [1] | UBUZIMA [2] |
IMYIDAGADURO [0] |
4:16 PM BIGISHIJWE KUBIJYANYE NA COMMIT POLICING | |
Ahagana mu 11h20 nibwo ADMIN Marc SHYAKA, yarikumwe nabayobozi ba polici harimo n’ushinzwe abaturage Commit Policing SLT A.KAYONGA wo mu Karere ka Gicumbi ndetse nitsinda ry’aba Polisi baturutse i Kigali A.SEBAGABO ndetse na J.D’A HIGIRO major madame A.SEBAGABO yatangiye abaza impunzi niba zisobanukiwe ibijyanye nihohoterwa n’amoko ya ryo. LT Madam yatangiye asobanura ihohoterwa icyaricyo, nubwo abantu benshi baziko ihohoterwa rikorerwa abagore gusa ndetse n’abana yasobanuye ko rikorerwa n’abagabo ibyoyagaragaje nkihohoterwa harimo gukubitwa,gutotezwa ,haba kubagabo ndetse no kubagore yibukije inshingano zabana ku babyeyi babo LT Madame J.D’A HIGIRO yibukije ababyeyi ko hariho n’abantu bagurisha abandi ‘’ ati babyeyi murabe maso dore hateye ubucuruzi bw’abantu ejo mutazajya gusanga babibira abana banyu bakajya kubagurisha mu bihugu bidukikije ndetse namwe mwita ko muri bakuru hari ugushuka aka kujyana ukazaba nk’umucakara ‘’ ariko yasobanuye ko bitandukanye cyane nibyo HCR irimo ikora byo kubatwara mu mahanga kuko LT.Madame J.D’A HIGIRO we yavugaga ku bantu bashuka abandi mu buryo butazwi. Major Madame A.SEBAGABO yagarutse kubiyobyabwenge harimo na Kanyanga sibyo gusa, kuko yaje no kwibutsa ababyeyi ko ataribyiza gushyingira abakobwa bakiri bato .kuko itegeko riteganya ko umukobwa ushyingirwa agomba kuba afite imyaka 21kuzamura. niko itegeko ry’urwanda ribiteganya kuko iyo basanze washyingiye umukobwa urimunsi yiyo myaka yavuzwe haruguru ahanwa n’amategeko . SLT.A.KAYONGA wo mu Karere ka Gicumbi we yagaragajwe na Major Madame A.SEBAGABO nk’umupolisi ukorana n’abaturage byahafi muri commit Policing ko ikibazo cyose bagira bamwegera . Habonetse umwanya wo kubaza ibibazo kumpunzi kabone nub wo harimo izabajije ibibazo kubitajye nibyo twabonye haruguru ubwo bibarije ibibazo bijyanye nuko nta biryo babona kubadafite igipapuro cya HCR nabandi bagenda bimuka bava muzindi nkambi Umuyobozi wa police yahise ategeka Marc SHYAKA gukurikirana icyo kibazo cy’abantu batabona ibyo kurya, hakaba hagaragaye umubare munini wabatabona ibyo kurya dore ko ari abantu 267 kandi bizwi ko bagomba gufata. Twabamenyesha ko President w’inkambi ndetse na komite ntanumwe wagaragaye aho tukaba twashatse kumenya impamvu batahabonetse, tumubura kumurongo.ariko icyaragaye cyo nuko ubuyobozi bwa HCR butabyakiriye neza kubwibyo bibazo impunzi zabajije.
Ndaziramiye Brown | |
|