IMIKINO [1] | UBUZIMA [2] |
IMYIDAGADURO [0] |
1:56 PM BARAVUGA KO BABESHYE WE KO BIBYE | |
Babeshyewe ko bibye imifuka 381, gusa birangira
bagizwe abere. Amakuru aturuka muri ADRA aravuga ko abakozi ba ADRA
ba bazamu basaba ko barenganurwa kuko babeshyewe ko ngo bibye ifu y’igikoma taliki 22/05/2013
bihwanye nimifuka 381 bakimara ku bakeka ko bibye; bashyikirijwe inzego za police bagafungwa guhera kuri uwo munsi mu saa cyenda 15h00 bafungurwa taliki
23/05/2013. Ni nyuma yuko
bashinjwa ga ko bibye
imifuka 381 nyuma yaho ADRA
yagarutse kuri Police bavuga ko bibwe imifuka ya sosoma ariko batagaraza uwaba
yibye iyo mifuka nyuma yaho nibwo police yaje kurekura abo bagabo ivuga ko
igiye gukurikirana icyibazo cyabo bari mu nkambi ya Gihembe Ariko bo, bakaba batangaza ko basubiye mu kazi nkuko
bisanzwe. nyuma ariko ubwo bari bavuye
mu muganda ukorerwa mu kigo cya mashuri abazamu bose baje gukorana inama
n’umuyobozi wa ADRA Aimable, bashima
kandi banenga bamwe mu bakozi bagaragayeho ikibazo cy’ubujura bwa telephone
z’abagenzi babo muri abo harimo
nk’uwitwa Eliezer na Nkunzi , nyuma yaho
bakaba barahise birukanwa n’ububuyobozi wa ADRA
mu nkambi ya gihembe. akaba atangaza ko imikoranire nabakozi
itagenda neza bitewe n’uko hakiri gukorwa iperereza kuri ubwo bujura, icyo ubuyobozi bwaje gutangaza nuko abo bakozi uko
ari batatu bagomba kuba bahagaritswe.mu gihe hakiri gukorwa iperereza. Ariko
imbogamizi zaje kugaragazwa nubwo abo bakozi birukanywe ngo nuko babarimo
umushahara w’amezi abiri. Ariko abo bagabo bakaba basaba ubuyobozi, ko barenganurwa
bagahabwa amafaranga yabo. tukaba Twarashatse kuvugana n’ubuyobozi bwa ADRA
kuri telephone adusonurira ko bakiri mu iperereza dore ko bitemewe gutangaza amakuru ahagije mugihe iperereza rikiri gukorwa akaba akomeza avuga ko
bazabatangariza ibyavuye muri ryo perereza ririmo gukorwa. | |
|