IMIKINO [1] | UBUZIMA [2] |
IMYIDAGADURO [0] |
12:34 PM ABATURAGE BAFITIYE ICYIZERE COMMITE IGIYEHO. | |
Ibi nibitanganzwa n’abaturage, ko bafitiye icyizere komite yabo kuko aribo babitoreye,ikindi n’uko ngo babona ubu buyobozi bushyashya bugiyeho bufite intego yo kwegera abatuge,ibi byatangajwe kuri uyu wambere taliki ya 14/1/2013 ubuyobozi bwatowe buyobowe nuwitwa MUNYAKABUGA, ubusanzwe wari umunimatuer de sante wa ARC/GIHEMBE, iratangaza ko bagiye kureba uburyo bakemura bimwe mubibazo byasinzwe na commite icyuye igihe,batirengagije ibyo bagomba gukomeza byari muri gahunda. Ibyo byatangajwe kuri uyu wambere ,ubwo ushinzwe umutekano muri iyo commite atangaza ko hari ingamba zafashwe murwego rwo gukomeza kubunga bunga ubusugire bw’iyi campi,abyemeza mu tangazo yashize ahagara gara, risaba buri wese kuba uwambere mugukumira ibyaha biterwa ahanini ni nzoga zitemewe (kanyanga,urumogi,..) ndetse anasaba abantu bose bavahanze ko ntawemerewe ku rara mukampi atamenyesheje ubuyobozi ,yewe ko n’umucumbikiye agomba kubimenyesha mbere y’uko amucumbikira,anamenyesha ko utaha agomba gutaha kare, kugira ngo hirindwe zimwe mugaruka zaterwa ku waba warenze kuri aya mabwiriza. Anakomeze avuga ko bizahanirwa k’umuntu wese utazihanganira aya mategeko. Twabamenye ko iyi commite ikomeza itangaza ko basaba abaturage kubumva cyane cyane kuko ni byo bazakora cyangwa basabwa guhindura babikora aruko abaturage babigizemo uruhare. Twabamenye sha ko iyi commite igiyeho isimbuye niyari iyobowe n’uwitwa; - President: NSENGIYERA Jean - Vice-president: MZAIRE - Secretaire: GISANABAGABO - Umutekano: DUSABE Twabamenyesha ko iya yisimbuye y’aba iyobowe na: - President: MUNYAKABUGA - Vice-president: VICTOIRE (vicky) - Secretaire: FAUSTIN (joeux) - Umutekano: JAPHET ikindi twabamenyesha n’uko iyi commite yatangiranye n’uyu mwaka kandi bikavugwa ko bafite mandat y’umwaka umwe gusa. gusa biracyari imbogamizi cyane ko usanga iyi comite bisa nko kukwitanga kuko ntamushahara uhari ufatika babona,ikindi n’uko usanga ahanini ibibazo aba ari byinchi k’urushya ibisubizo,bityo bigatera ikibazo cyane comite iba igiyeho cyane. Kalisa Nkandagira Nubaha | |
|