Wednesday, 2024-04-24, 4:55 AM
Main Sign UpRSS
Welcome, Guest
ibirimo
Section categories
Our poll
urubyiruko rw'igihembe rwicwa niki?
Total of answers: 40
Statistics

Total online: 1
Guests: 1
Users: 0
Main » 2013 » July » 18

Ngo haba hateye ubujura budasanzwe mu nkambi y’impunzi z’abanyekongo ziri mu Karera ka Gicumbi Mu murenge wa Kageyo.

Mu nkambi ya Gihembe Umurenge wa Kageyo hari kuvugwa ikibazo cy’ubujura budasanzwe muriyo nkambi dore ko ubwo bujura bukorwa mu masaha y’ijoro guhera mu saa 11h00’’ y’ijoro ndetse na saa 12h00’’ z’ijoro ubwo bujura ngo bwaba bufite amasinye yihariye. Ubwo bujura buri gukorwa n’abantu bari kurira hejuru y’inzu nuko bagakeba shitting bakaza ubundi bakiba cyane amatelefone ndetse n’imyenda ikiri gutangazwa rero ngo nuko ntabantu baramenyekana cg ngo bafatwe cyangwa ngo bagaragar ko bihishe inyuma y’ubwo bujura. Ikindi gikomeje kuvugwa n’abaturage ngo nuko baba bakeka ko ubwo bujura bwaba bukoreshwa n’imiti cg ibyo bita amarozi kandi bakomeza batangaza ko ubwo bujura bukorwa n’abantu baziranye cyane kandi bameze nka gatsiko bazana bagasinziriza umuntu; bamwe twaganiriye nabo badutangarije ko icyo gikorwa cy’ubujura.

cyaba kidasanzwe kandi nabo bakeme ... SOMA ibikurikira »

Views: 1297 | Added by: GIHEMBE | Date: 2013-07-18