Mu gihe abarimu bo mu nkambi ya gihembe bamaze igihe
batarabona agahimbaza musyi bari basanzwe babona nkuko twagiye tubibagezaho mu
nkuru zacu zanyuzeho.
Kuri uyu wa 21.05.2013 aho abarimu bigisha mu mashuli abanza
babonye abayobozi babatumaho ngo babahereze agahimbaza musyi gusa nkuko bari
babyiteze siko byagenze kuko bari bizeye ko bazahabwa amafaranga y’amezi abiri aya mata,gicurasi gusa siko byagenze byavuzwe
ko baribuhabwe agahimbaza musyi ku kwezi kumwe ariko kangana na 25.000FRW
Abarimu ntibyabanyuze bafashe umwanzuro wo gusohoka
batayabonye kandi bari baramenyeshejwe ko bazahabwa ibihembwe bibiri bakaba
bakomeza gutangaza ko nibadahabwa amafaranga yabo bazahagarika kwigisha abana
gusa ubuyobozi bwo ntibwitaye kuriyo baruwa bwa ndikiwe n’abarimu cyane ko
banditse banasaba agahimbaza musyi k’amezi 2 twageregaje kuvugana n’umuyobozi
w’abarimu ariko ntitwamubona ku murongo wa telephone nanone&nbs
...
SOMA ibikurikira »