Ni kuri uyu
wakabili taliki ya 26/05/2013, aho
abalimu bo munkambi ya gihembe bigisha muri primaire ndetse na ba
secondaire bari bategereje umushahara wabo bategereje hafi amezi abili.
Bakaba bibaza
nimba ADRA yibaza ko bakorera ubuntu bikabayobera, uyu munsi rero binyaye mu
isunzu bazana ukwezi kumwe, ngo andi bazayabona mukwezi gukurikiraho.
Gusa muri contrat
bafitanye akaba aruko bagomba guhebwa ukwezi kurangiye, none batinze guhembe
birinda aho bifata ukundi kwezi, none
ngo bazanye ayu kwezi kumwe, bivuze ko contrat yaba yarahindutse guhebwa amezi
abili ? » ibyo ni ibitangazwa n’abarimu.
Uhagarariye amashuli
muri ADRA Aimable, kuri telephone akaba yirinze kugira icyo atangariza Gihembe
morning.
...
SOMA ibikurikira »