Nyuma yuko ku taliki ya 23/04/2013 mu cyumba cyinama
yahije HCR,PAM,MIDIMAR n’impunzi muri rusange, iyi nama ngo yari ukureba
ibibazo muri rusange impunzi zo muri iyi nkambi zaba zifite.
Nkuko byatangiye bigaragazwa nuhagarariye izi mpunzi
akabayaratangiye amenyesha ababayobozi(twavuze haruguru) ko mu byukuri ikibazo
cy’itagwa ry’ibiribwa gihangayikishije abantu benshi yemwe akaba yaravuze ko
gishobora kuba itandaro yo gutera impunzi inzara, ikindi cyakomeje kugaragara muri
iyinkambi ngo nikibazo cy’imisarane idakonzwe neza yemwe hakaba hasigaye
imisarane mike itaruzuye kuko tayindi irubakwa bityo bikaba bihangayikishije
iyi nkambi kuburyo babona hashobora kuzaduka indwara zitewe
...
SOMA ibikurikira »