Nyuma yo
kwirukanwa kwa BAHATI Daniel wari usanzwe ari umuyobozi wa Hope school ibintu
biracyari urujijo ku muntu uzamusimbura dore ko atarajya ahagaraga kandi
bivugwa ko committee ya teranye ariko itaragira icyo itangariza abanyamuryango
ba FORUM kuwuzasimbura uwahoze ari umuyobozi wa Hope school.
Ikindi
kirikuvugwa cyane nuko kandi amashuri haba mu Rwanda no mu nkambi amashuri
azatangira kuwa mbere taliki 21/04/2013 abana bakaba nta muyobozi barabona,twabibutsa
ko umuyobozi wa FORUM yari yatangaje ko nyuma yiyirukanwa ry’umuyobozi wa Hope
school hazahita hagaragazwa uza musimbura kuri uwo mwanya,kugeza magingo aya
akaba atarajya ahagaragara.
Nyuma
yibyibazwa n’abantu batari bake
twagerageje kuvugana n’umuvugizi wa
FORUM ku
...
SOMA ibikurikira »