Thursday, 2024-04-25, 3:42 PM
Main Sign UpRSS
Welcome, Guest
ibirimo
Section categories
Our poll
urubyiruko rw'igihembe rwicwa niki?
Total of answers: 40
Statistics

Total online: 1
Guests: 1
Users: 0
Main » 2013 » January » 29

Mu ruzinduko rwe ruzamara icyumweru nk’uko yabitangaje, umuyobozi w’agashami k’uburezi mu muryango w’abibumbye wita ku mpunzi UNHCR, Madam Audrey  Nirrengarten ngo yaje kureba uko hasyirwaho umuryango cyangwa ikindi kigo cyafasha HCR gukurikirana abanyeshuri bishyurirwa na DAFI.

Twabamenyesha ko DAFI ari Gahunda ya leta y’ubudage ifasha abanyeshuri b’impunzi gukomeza amashuri makuru na za kaminuza , ubusanzwe icisha iyo nkunga yabo muri HCR kuko aribo basanzwe bakurikirana ubuzima bwa buri munsi bw’impunzi. Ikaba ifasha abanyeshuri bakabakaba ibihumbi bibiri (2000) ku isi yose mu bihugu 37 bakorereamo.

Imbere y’abanyeshuri barenga 25 ku biro bya HCR – Nyarutarama, abacyiga n’abarangije kaminuza, barimo abarangije icyiciro cya kabiri (licence)n’icyagatatu(maitrise) yavuze ko ikindi cyamuzanye ari ukureba ingaruka ubu burezi bwa kaminuza bufite ku buzima bw’impunzi.

Avuga ko kandi ashi ... SOMA ibikurikira »

Views: 661 | Added by: GIHEMBE | Date: 2013-01-29